Rutaganda usanzwe ari n’Umuyobozi w’Ihuriro ry’abanyamakuru b’imyidagaduro [Rwanda Showbiz...
Muri Nzeri 2019, nibwo uyu mugabo yatangiye gukina filime y’uruhererekane yise ‘Mahindu Series’...
Sunny nyuma yo kwiyambika ubusa mu ruhame yasabye imbabazi Aya mafoto agaragaza ubwambure bw’uyu Munyarwandakazi akaba n’umubyeyi w’umwana w’imyaka 11...
Ben Nganji yatabarije abana bo mu muhanda mu ndirimbo ye ‘struggle’Ni ubutumwa bukubiye mu ndirimbo nshya ya Ben Nganji yise ‘Struggle’ itabariza abana bo mu...
Iyi filmi yatangiye gutambuka ku rukuta rwa YouTube rw’Umuryango Be Kind, igaragaramo abagabo...
Umuhanzikazi Sunny yerekanye ubwambure biteza impaka-VideoUyu mugore kuri ubu ubarizwa mu gihugu cya Kenya aho akorera ibikorwa by’ubucuruzi abangikanya...
Denys asanzwe ari umucuranzi, umwanditsei w’indirimbo ubarizwa by’umwihariko muri Chorale St Paul...
Impanuro za Mukayizeri ‘Kecapu’ ku bakobwa bato babyara bakumva ubuzima burangiyeMukayizeri yamamaye muri filimi nyinshi by’umwihariko iyitwa ‘Bamenya’ akinamo yitwa Kecapu ari...
Aho kwiba uzabe umurobyi cyangwa umuyede- Marchal Ujeku ndirimbo nshya iri mu rurimi rw’Amahavu Uyu muhanzi uririmba mu rurimi gakondo ruzwi nk’Ururimi rw’Amahavu, rukoreshwa ku Kirwa cya...
Bishop Gafaranga agiye gukina filimi ku buzima bwe kuva mu bwanaUyu musore uri mu bari kwitwara neza mu ruganda rw’urwenya [comedy], yavuze ko kuri ubu afite...
Bahati wahoze muri Just Family yashinze ‘Label’ igiye kuzamura impano z’abahanzi Itsinda rya Just Family ryahoze rigizwe n’uyu Bahati, Jimmy na Croidja riri mu yigeze...
Indirimbo ‘Mana tabara’ ya Dr Habyarimana Deogratias, yagiye hanze kuri uyu wa Kane tariki 18...
Bahati kuri ubu uri mu bahagaze neza mu ruganda rwa sinema hano mu Rwanda by’umwihariko binyuze...
Christus Regnat mu njyana ya Reggae baririmbye impanuro umubyeyi aha umwana weMu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2020 nibwo Chorale Christus Regnat yo muri Kiriziya Gatolika...
Umuhanzi Sam Muvunyi yashyize hanze indirimbo avuga ko no mu bihe bidukomereye dukwiye gushimaSam Muvunyi ni umuhanzi umaze igihe kitari gito kuko yashyize hanze indirimbo ya mbere muri...
Igisupusupu yashoye ibihumbi 280Frw mu irushanwa yise ’IsubirehoChallenge’Indirimbo ’Isubireho’ ya Nsengiyumva yagiye hanze ku wa 10 Kamena 2020, ikoze mu buryo bw’amajwi...
Uyu muhanzi kuri ubu washyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Isubireho’ ikubiyemo...
Uvugwa muri iyi nkuru ni Niragire Marie France wamamaye cyane muri sinema y’u Rwanda nka...
Mico The Best aragirana ikiganiro n’Umuyobozi ushinzwe kurwanya Igituntu muri OMSIbi biganiro birahuza Mico The Best na Dr Lucica biteganyijwe kuba kuri uyu wa Kane tariki 11...
Ubundi Marius Bison (Jacques Marius Kamana) ni umuririmbyi, umwanditsi w’indirimbo n’umucuranzi...
Amafoto atangaje Patient Bizimana yashyize hanze ntiyavuzweho rumweUyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo zitandukanye yaherukaga gushyira hanze iyo yise ‘Nubw’ijoro’...
Umunyarwandakazi Marie France wamamaye muri sinema nka ‘Sonia’ yashinze televiziyoTeleviziyo ya Marie France yitwa “Genesis TV” kuri ubu yanatangiye kugaragara kuri Canal+ izajya...
Ati “Ikintu ngomba kuvuga ku bijyanye na business yanjye ubu ng’ubu ndi umutetsi nabaye chief...
Umuvugabutumwa wo muri ADEPR yasohoye indirimbo iri mu njyana ya Hip hopTuyishimire yakuranye inzozi zo kuba umuhanzi ndetse gushyira hanze indirimbo ye ya mbere...
Nelly Kelba uri mu bahagaze neza yashyize hanze amashusho y’indirimbo yari imaze umwakaUyu muhanzi uri mu bakiri bato ariko bafite impano zo guhangwa amaso muri muzika Nyarwanda...
Miller namufataga nka murumuna wanjye kuko ninjye wamuhaye akazi ka mbere yakoze- Deejay PiusDeejay Pius kuri ubu yahurije hamwe abahanzi batandukanye barimo Tom Close, Danny Vumbi, Uncle...
‘Twaje Mana yacu’ yasubiwemo mu buryo bugezweho n’abaririmbyi bo muri Korali 10 zo muri Kiliziya GatolikaIyi ndirimbo “Twaje Mana yacu” yasohotse kuri uyu wa Kabiri tarki 2 Kamena 2020, ikozwe mu buryo...
Igitaramo cyo kumurika alubumu ya Igor Mabano yise ‘Urakunzwe’ cyabaye kuri uyu wa Gatandatu...
Dr Aristote wo muri Chœur International yashyize hanze indirimbo ‘Ndangamiye Yezu’Indirimbo ‘Ndangamiye Yezu’ yagiye hanze kuri uyu wa Kane tariki 28 Gicurasi 2020, ubusanzwe...
Patrick wo mu ikinamico ‘Urunana’ yavuze ku mubano udasanzwe w’abo bakinana barimo na Minisitiri BamporikiUyu musore winjiye mu ikinamico urunana mu 2012, avuga ko kuva yakuranye inzozi zo kuba...
Indirimbo ya Queen Cha na Marina yavugishije benshi yakorewe amashushoIndirimbo ‘Do Me’ yagiye hanze bwa mbere mu buryo bw’amajwi ku wa 30 Mata 2020, mu gihe...
Reginae Carter, umukobwa wa Lil Wayne yashyize hanze amafoto yateye abantu kumwibazaho Uyu mukobwa ukurikirwa n’abantu barenga miliyoni 5 kuri instagram mu mpera z’icyumweru gishize...
Miss Nimwiza Meghan yahawe akazi muri RIB itegura Miss RwandaKuri uyu wa Mbere tariki 25 Gicurasi 2020, abategura irushanwa rya Miss Rwanda batangaje ko...
Ububiligi : Korali ADEPR Namur yavuze ku mishinga ifite inasobanura byinshi ku ndirimbo ‘Mu bwihisho’Iyi korali yashinzwe mu 2018, ubwo mu mujyi wa Namur hari hamaze gufungurwa umudugudu w’Itorero...