Dore umutoma umusore yakwifashisha ashaka kugusha neza umukobwa yihebeyeUmutesi utetana ituze Ntugatinye naragutoye Nagutuje ahataba itiku Mu mutima utemba ituze Cyo...
Dore umutoma umukobwa yabwira umusore yihebeye bigatuma atwarwaShenge uwabuze inenge Uw’Ingenzi igihangange Unjyana mu by’ubwenge Ungenera ibizira inenge...
Ibintu 10 abakobwa banga urunuka ku bahungu 1. Abakobwa banga abahungu bakora ibintu biteye ishozi nko kuba wavuga cyangwa ugakora ibintu...
Muri iyi nkuru, turabagezaho ibintu byakwereka ko umukunzi wawe ashobora kuba aguca inyuma...
Dore ibibazo 10 muba mugomba kwibaza mbere yo gufata umwanzuro wo gutandukana : 1- Ese...
Kimwe n’abasore cyangwa abagabo, abakobwa cyangwa abagore nabo baba bafite ibintu bifuza ku...
Nkweruriye ko nkwemera Nkwibonamo ko unkwiriye Ndatinyutse winyihunza Unyemerere unanyakire...
By’umwihariko hano mu Rwanda dukurikije n’umuco, imyumvire na kamere y’abanyarwanda, hari ibyo...
1. Ugomba kwirinda icyatuma ugwa mu mutego wo gusambana Buri gihe ugomba guhora wibuka ko uri...
Ibibazo 10 ugomba kubaza umukunzi wawe mbere y’uko mushinga urugoAbo bahanga mu bijyanye n’imibanire hagati y’abantu ari bo Olga Levancuka, Marisa Peer na...
Dore inkuru ikwiye kubera isomo abantu bose ariko cyane cyane abagoreUbwo rero hakaba hari umusaza w’umupfumu bamurangiraga ko ngo ari umuhanga mu gufasha abagore...
1.Ndatekereza ko uri nka musaza wanjye. Mu gihe umukobwa wifuzaho kuba umukunzi akubwiye...
Havumbuwe umuti utuma abagabo bazinukwa guca inyuma abagore baboUwo muti usanzwe wifashishwa mu gufasha abagore bari ku bise (bagiye kubyara) mu kwihutisha...
Ntukababare nzahakubera, Kukubangikanya nzabirwanya Abadutanya sinzabumva Nzakubera uko...
Umutoma wakwifashisha wemerera uwagusabye urukundoWintinya jya unyizera Warananyuze kuva nkubonye Wanyeretse ko uri inyanzi Unyubahira uko...
Uyu mukobwa yarangije kwiga amashuri yisumbuye muri 2011, ahita abona ibiraka ntiyahita akomeza...
1. Umugore utishimiye urushako, ntajya ahangayikishwa n’ikibazo icyo aricyo cyose kiri mu rugo,...
Impamvu zirindwi zishobora kuba intandaro yo gutandukana kw’abashakanyeDr. John Gottman ; umuhanga mu bijyanye n’umubano n’imiryango, mu bushakashatsi yakoze yagaragaje...