Konumva waba ubaye ingazwayanyayo
Jewe Uko Ndavyumva Ngaho Wokwemera Umwana Nyina Ntumwemere , Kuko Nihamwe Womwemera Naho Kandi Akaza Ara Kwishiramwo Ngo Ntamugabo Urimwo Ariko Umwana Nawe Yokwemera Kurise Wiwe Wowe Komeza Kwihangana.
agatekerezo kange rero bavandi nshuti zange nagize ikibazo nkundana numukobwa bigezeho aza kunsura murugo, natangiye kumuganiriza nkibisanzwe , nyuma wamukobwa ashaka ku dukora imibonano mpuzabitsina, gusa sinamugoye ahubwo nahise nsimbuka nzana prudance nyihagejeje arabyanga byose. Icyambabaje cyane nuko uwo munsi yahavuye aca ahandi hantu kumuntu wari inshuti yange ibyo bakoze sindabimenya, none ubu nyamukobwa aratwite kandi inda ifite nka 3 month kd pe sinigeze nkoraho, gusa ababyeyi be barananiza ngo niwe wabibabwiye cyane ko twakundanaga byimbere. Mungire inama nemere umwana cg nyina ?
Murakoze twishimiye inama mutubwira
nigute wotetesha umukunziwawe

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
urukundo nti rwiza bikaba akarusho iyo uwo ukunda nawe agukunda byukuri.