AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax

Abo REVIVE yafashije gutera akabariro barayivuga imyato

Abo REVIVE yafashije gutera akabariro barayivuga imyato
15-02-2019 saa 08:30' | By Uwizeyimana Solange | Yasomwe n'abantu 11588 | Ibitekerezo

Imibonano mpuzabitsina ifata umwanya wa mbere mu buzima bw’abashakanye ku buryo urugo rushobora no gusenyuka igihe idakozwe neza. Bamwe mu bagabo n’abagore

Abagiraga ibibazo byo kutishimira imibonano mpuzabitsina kubera impamvu zitandukanye bemeza ko umuti witwa revive wabafashije uba barawuvuga imyato bakanagira inama bagenzi babo kutirengagiza ikibazo gikomeye ingo zabo zahura nacyo igihe gutera akabariro byaba bidakozwe neza.

Ni muri urwo rwego hari abakunzi bacu batwandikiye ari benshi bashimira ikinyamakuru ukwezi.com kuba cyarababereye umuyoboro wo kumenya revive ikababera wo kubasha gutera akabariro.

Twandikiwe n’abakunzi benshi baduha ubuhamya kuri revive, tugiye kubagezaho ubw’abantu 2 ubw’abandi tuzabubagezaho mu nyandiko zacu zitaha

Hari uwatwandikiye agira ati :

“Mu minsi ishize nandikiye ukwezi.com ngisha inama, icyo gihe umugore wanjye yendaga kwigendera kuko iyo twageraga mu buriri twatangiraga gahunda mu kanya nk’ako guhumbya nkaba ndarangije kandi sinongere kubishaka vuba bigatuma we (madame) ahorana umusonga kuko atabaga yarangije.

MU bantu bangiriye inama hari abambwiye kuvugisha umuntu ugira produits ya revive yewe bampa na numero (0788449901) narayihamagaye bandangira aho bakorera njyayo mbabwira ikibazo cyanjye bampa revive n’undi ntibuka izina. Nkaba nshimira ukwezi.com n’abasomyi bako kuba barampaye amakuru yatumye urugo rwanjye rukomera. Imana ihe umugisha buri wese wampaye amakuru ya revive.

Hari n’umudame watwandikiye agira ati :

“Muraho neza nshuti zanjye duhurira ku muyoboro uduha amakuru meza kandi atanga umusaruro. Nejejwe no kubashimira inama nziza mwampaye zatumye urugo rwanjye rushinga imizi rugakomera. Ndi umugore ndubatse, namaze igihe kinini ntazi ko umugore ashobora gukora imibonano mpuzabitsina akaraniza. Nahoraga numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina kandi nararanye n’umugabo yemwe twanaraye tuyikoze ariko igihe cyose umugabo akarekeraho nkibishaka nanamusaba kongera igitsina ntikeguke ngahora numva ndwaye umutwe ndetse nkanababara mu kiziba cy’inda.

Yaje kugera aho ambwira ko igihe yari muri secondaire yajyaga yikinisha. Bimaze kunyobera naje gushaka kumuca inyuma kuko boss wanjye ku kazi yahoraga ansaba ko turyamana noneho kubera umusonga nari mfite nkumva namwemerera gusa ngatinya ingaruka zo guca inyuma uwo twashakanye.

Naje kwiyemeza kugisha inama abantu batanzi kuko numvaga mfite isoni zo kubaza abo tuziranye , nandikira ukwezi.com mbabwira ikibazo mfite maze abasomyi bangira inama yo kuganiriza umugabo agafata imiti y’abashinwa irimo na revive. Kubera ko nawe byari bimuhangayikishije ntiyangoye twahise duhamagara numero bari bampaye (0788449901) turabavugisha tubabwira ikibazo cyacu. Kubera ko twari kure ya Kigali (Rubavu) twaboherereje amafaranga kuri mobile money batwoherereza products kuri Virunga itugeraho umugabo atangira kuyifata nyuma y’icyumweru umugabo atangira gukora ibintu neza ubu rwose ibyo gutekereza kumuca inyuma narabyibagiwe. Za stress, kubabara mu kiziba cy’inda na bya bindi byose byatumaga nanahorana umushiha byarashize.

Nkaba rwose nshimira abakunzi b’iki kinyamakuru ku nama nziza bangiriye none ubu urugo rwanjye rukaba rumeze neza.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA