Urukundo hamwe ruracyabaho,nuko ari mubazungu,muri Africa umugabo akora nimpanuka nyuma y,Amezi abiri ,umugore akamuta.Ariko abanyarwanda kazi baragerageza,bihe amanota 60%
sha iyaba twese twamenyaga icyo URUKUNDO ruvuze ibi bakoze abakundana bose babikora. Imana ibabe hagati kbsa.
yoooo ndumva narira peee
Imana ibubakire peee
I got r we are notx
going 8th ortho 6th h hhh
Ese buriya hari icyo babashije kugeraho (gutera akabariro) ku munsi w’ubukwe ?
Mbeg nibyiz kbsa mbifurij urug ruhir
sha uru nurukundo nyarukundo kbs,mbifurije urugo ruhire kandi imana ikize uyu musore rwose



Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
aha bikwiye kuduha isomo ryurukundo nyarwo naho ureke babandi bakubonana amafaranga yagushirana ati ndifuza gatanya bigire hano