Mwe mupfa kuvuga gusa, iyaba mwari muziko ahubwo uwufite umugambi wo gukomeza guharabika DASSO afite uwo bizafata cg se ababyihishe inyuma, kko bimaze kugaragara ko abo bose bivugwa nta DASSO yigeze ibakubita kko nababakubise bagenda bamenyekana, urugero : umuzunguzayi wa nyabugogo yakubiswe nabashinzwe isuku muri company yitwa Agruni, uwagiporoso akubitwa numu security wa RFTC nibindi mutazi ! abanyamakuru babeshwa byinshi kko akenshi DASSO nibo bahita bahagaragara nkabahosha cg batabaye maze inshuti zabazunguza nabandi babifitemo inyungu bakagoreka indimi kuko badashaka kwicara bikanga abashinzwe gukumira ibibi baba barimo ! nge narabyiboneye ntahazagire uwongera kubabeshyera kko hari ikigamijwe kubarwanya DASSo !
Izo nterahamwe muzaba mureba akazo
ese dasso yatojwe gukubita gusa ???? Reta nitabare izo nzira karengane
aba dasso bakora amafuti arenze ayabazunguzayi nukuri. u muntu ukubitwa akagera aho aba intere iyo bamufunga bakareka kumuhohotera ??? reta nigire icyo ikora kko inkoni zakwica abazunguzayi .
dasso bayikureho irakabije. wagira ngo ntibazi icyo bakora
leta nigire icyikora kuko ibibintu ntibisobanutse. abakene aho kwicwa ninzara bazicwa na DASSO pe ! gusa buri ruhande nirukurikize amategeko,ntawe uhutajwe.




Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
abayobozi bumugi niba kuyobora bibananiye nibegure kuko ntacyo bamaze.Izo ngegera zikomeza kuduhohotera bakazihorera,ariko ntacyo ziri ku isi zizabona.