hati twaremwa abantu tibakitina eshagama, abakora eikibi bakirata kd Emana yagamba ati ko orayite umuntu nayiwe icyo wamwitisa nicyo oriyitiswa.
ARIKO KUBA INTEBE ZARAGURISHUJWE ADAHARI NTABWO UMUTI ARI UKUMURASA ! BAGOMBYE KUBIKEMURA MU BUNDI BURYO KANDI BWIZA.
Dumiwe abanu babaye inyamanswa.pe !!! utababarira mugeziwe akamwica ?weniki !! mb ese abantu bazakizwaryari nibabadakizwa nanurukundo.ha !!!wasiwe ?
HE ahora atubwira ngo dutange service nziza tukica amatwi kubera ko tuzi ko muri uru Rwanda ntawihanira. Ririya ni isomo rya service mbi.Gusubiza umuntu amafranga yarayaguhayeho advance ? Nanjye twageranayo da ! Umuntu aza kugura ikintu agikeneye apana kumukinisha. Kwica amasezerano nicyo yazize ntihaze no kugira ubishyira muri politic ndabazi !
Nibyo aho yarasiwe jye ndahibereye,Gusa itangazamakuru jy’urwanda ndarishima cyane kuko rigera hose
kyitalo nyo kyitalo ddala naye banarwanda mwe nga abasing’obunghi mumwe nga muli baabbi bazibu cyoka puleziddenti wamwe akola buli kimu ekyetagisa mbu mufune ekyitibwa naye mwe mwamurema
Njye nubwo ntashyigikiye ubwicanyi ariko nsanga uyu Mugabo atarabaye honnete kugurisha ikintu cyahawe avance .
Nubwo hari uwumva bimeze ukundi ariko yaramusuzuguye kumusubuza amafranga se yarahamurushaga ?
Ahree we

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
wowe uvuga ngo ntiyabaye honnete. urakekako kutaba honette bihanishwa Gupfa ?! ubuse inaha ko umuntu yica undi ntahanishwe gupfa nkanswe ibyo byoroshye. ahubwo nigihugu cyuzuye urugomo kwica babigize imikino ntibazi agaciro kumuntu. kdi kuba umunyamahanga nikizira.