AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk
Ubuzima
Intumwa za MINEDUC zababajwe n’uko abanyeshuri babwirirwa bakigana n’abagaburiwe ku ishuri

Guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 2 Gicurasi 2018, mu turere twose tw’u Rwanda hatangiye...

Mu Rwanda hageze umukufi utangaje urinda indwara ukanatuma uwambaye ahora itoto Mu Rwanda hageze umukufi utangaje urinda indwara ukanatuma uwambaye ahora itoto

Wakwibaza uti ese uyu mukufi ukozwe mu ki kandi umarira iki umubiri ? Uyu mukufi ukoreshejwe...

Hatahuwe uburiganya mu itangwa ry’akazi ku bakozi benshi ba MINISANTE Hatahuwe uburiganya mu itangwa ry’akazi ku bakozi benshi ba MINISANTE

Amwe mu makosa, nk’uko bigaragara muri raporo y’igenzura y’agateganyo ikinyamakuru Umuryango...

Menya impamvu zituma abagore bagira ibyago byinshi byo kwibasirwa n’uburwayi bw’impyiko Menya impamvu zituma abagore bagira ibyago byinshi byo kwibasirwa n’uburwayi bw’impyiko

Dore zimwe mu mpamvu zongera ibyago byo kurwara impyiko ku bagore : Nk’uko tubikesha...

Sobanukirwa akamaro k’ubuki mu kuvura no kurinda indwara zifata umutima Sobanukirwa akamaro k’ubuki mu kuvura no kurinda indwara zifata umutima

Ubuki bugizwe n’intungamubiri nyinshi, muri zo twavugamo : Ibitera ingufu Imyunyungugu nka :...

Rulindo : Urukuta rw’inzu rwagwiriye  umuryango w’abantu 4 bahita bapfa Rulindo : Urukuta rw’inzu rwagwiriye umuryango w’abantu 4 bahita bapfa

Iyi mvura yaguye ahagana saa kumi z’umugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 23 Mata 2018, yari...

Sobanukirwa akamaro gahambaye k’imibonano mpuzabitsina ku buzima bw’umuntu

Muri iyi nkuru tugiye kubabwira akamaro ko gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye nk’uko...

Byinshi utari uzi ku mababi y’imyembe yagufasha guhangana n’indwara ya Diyabeti Byinshi utari uzi ku mababi y’imyembe yagufasha guhangana n’indwara ya Diyabeti

Iyi ndwara akenshi itera ingaruka nyinshi harimo ubuhumyi, intege nkeya z’umubiri, kurwara...

Umuyobozi wa Skol ku isi yashimye imiyoborere y’u Rwanda yiyemeza kuzarwitura ibyo rwamukoreye Umuyobozi wa Skol ku isi yashimye imiyoborere y’u Rwanda yiyemeza kuzarwitura ibyo rwamukoreye

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Mata 2018, ubuyobozi bukuru bw’uruganda rwa Skol bwagaragaje...

Menya ibanga ryo kwirinda kurwara amaso bikagufasha no kugira amaso meza

Hari impamvu nyinshi zishobora gutera amaso gutukura. Muri iyi nkuru rero tugiye kurebera hamwe...

Mu mafoto:Umuryango ‘Madiba Foundation’ basuye Urwibutso rwa Karembure banafasha abarokotse

Uyu muryango washinzwe n’Umuhani Safi Madiba ndetse ukanamwitirirwa dore ko witwa ‘Madiba...

Ubuhamya bwa Mukabalisa n’uburyo ababyeyi n’abavandimwe be bishwe urw’agashinyaguro

Iwacu twavutse turi abana 7, nkaba ari nanjye wari mutoya. Ndibuka ko Inkotanyi ziza mu Rwanda...

Ubuhamya bw’indengakamere bw’ibyo Padiri Kayisabe Vedaste yahuye na byo muri Jenoside

Padiri Kayisabe Vedaste avuka mu Murenge wa Mukarange, Akarere ka Kayonza, kuri ubu ni...

Mu Rwanda hagiye kongera gutangwa ubuvuzi  ku bantu badidimanga Mu Rwanda hagiye kongera gutangwa ubuvuzi ku bantu badidimanga

Kudidimanga n’imbogamizi ibaho iyo umuntu avuga ategwa, cyangwa asubiramo amagambo amwe n’amwe...

Inzego z’ubuzima ziramagana ihohoterwa rikorerwa abafite uburwayi bwo mu mutwe Inzego z’ubuzima ziramagana ihohoterwa rikorerwa abafite uburwayi bwo mu mutwe

Ibi byagarutsweho n’inzobere mu bijyanye n’ubuzima bwo mu mutwe, Dr. Jean Damascene Iyamuremye...

Ubuhamya bw’inzira y’umusaraba ya Mujawimana warokokeye Jenoside mu bitaro bya Gahini

Uyu Mujawimana ubusanzwe atuye mu mudugudu wa Nyagitabire, Akagari k’Urugarama, Umurenge wa...

Laurence ubu ni inshuti ikomeye na Nkundiye wamwiciye umuryango wose muri Jenoside

Iby’intambwe idasanzwe y’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda, biragaragazwa na benshi barimo n’umubyeyi...

Ubuhamya : Ineza y’ababyeyi ba Liliane uririmba muri Jehovah Jireh yamurokoye muri Jenoside Ubuhamya : Ineza y’ababyeyi ba Liliane uririmba muri Jehovah Jireh yamurokoye muri Jenoside

Uwamahoro Liliane wavutse kuri Gasasira Marcel na Kaneza Concessa mu 1986, yavukiye mu kagari...

Menya iby’ingenzi kuri Sinzi Tharcisse warokoye benshi muri Jenoside akoresheje karate

Amakuru agera ku Kinyamakuru Ukwezi.com, ashimangira ko itsinda ry’abashakashatsi mu kigo...

Ubuhamya bw’inzira y’umusaraba Muhoza yanyuzemo, agasambanywa n’abagabo 15 bamuteye SIDA Ubuhamya bw’inzira y’umusaraba Muhoza yanyuzemo, agasambanywa n’abagabo 15 bamuteye SIDA

Icyo yihe ngo yabanaga n’umuryango we ku Gisenyi, ubu ni mu karere ka Rubavu mu Ntara...

Sobanukirwa ububi bw’indwara ya ’Goute’ n’imirire wakwitaho ukayirinda Sobanukirwa ububi bw’indwara ya ’Goute’ n’imirire wakwitaho ukayirinda

Iyi ndwara iterwa n’uko aside bita "uric acid" iba yiretse mu ngingo cyane cyane mu mavi no mu...

Kigali : Abantu 4 bishwe n’inzoga abandi amaso arahuma

Abaturage banyoye kuri iyi nzoga bose ni 10 gusa muri bo batatu bahise bapfa ku ikubitiro...

Sobanukirwa akamaro gatangaje ka Vitamin C, uko wayibona ihagije n’ingaruka zo kuyibura Sobanukirwa akamaro gatangaje ka Vitamin C, uko wayibona ihagije n’ingaruka zo kuyibura

Dore ibyiza by’ntungamubiri ya Vitamin c utari uzi ku buzima bwacu Iyi ntungamubiri iboneka mu...

Abafite ubumuga babangamirwa n’uko hari aho Mituweli ibakumira mu kwivuza Abafite ubumuga babangamirwa n’uko hari aho Mituweli ibakumira mu kwivuza

Muri Rusange bashima uko bitabwaho mu mishinga itandukanye ihindura imibereho myiza...

Mutabazi wabenze umukobwa ku munsi w’ubukwe yakoze ubukwe n’undi hatarashira n’ukwezi Mutabazi wabenze umukobwa ku munsi w’ubukwe yakoze ubukwe n’undi hatarashira n’ukwezi

Ubukwe bwa Babonampoze Simeon Mutabazi na Nadine Ndikuriyo Seraphine bwapfuye kuwa Gatandatu...

Kayonza : Abanyeshuli ba UR batangije igikorwa cyo gusiramura abasore n’abagabo ku buntu

Ni mu gihe Umuryango Ushinzwe Ubuzima ku isi (World Health Organisation) uherutse gutangaza ko...

Ibiciro by’ingendo mu modoka zitwara abantu mu mujyi wa Kigali no mu ntara byazamuwe

Igiciro cyo gutwara abantu uva mu mujyi umwe ujya mu wundi, cyavuye ku mafaranga y’u Rwanda 19...

Menya uburyo wasukura umubiri wawe imyanda ikurimo ikavamo ugatana no kurwaragurika

Igihe rero bimwe mu bice by’umubiri bitari gukora neza, ni hahandi umuntu atangira kurwaragurika...

Mu mafoto 50 : Bamwe basutse amarira kubw’ubutumwa bw’abakinnyi b’ikinamico ‘Umurage’

Kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Werurwe 2018, nibwo abakinnyi bakina mu ikinamico y’uruhererekane...

Sobanukirwa ingaruka zikomeye z’umubyibuho ndetse n’uko wawirinda burundu Sobanukirwa ingaruka zikomeye z’umubyibuho ndetse n’uko wawirinda burundu

Dore Ingaruka 6 zikomeye zishobora guterwa n’umubyibuho ukabije : Indwara z’umutima : Ingaruka...

Ruhango : Ababyarira ku bitaro bya Ruhango baratakambira ubuyobozi Ruhango : Ababyarira ku bitaro bya Ruhango baratakambira ubuyobozi

Ababyeyi baganiriye na Ukwezi.com bavuze ko hari abaturuka mu mirenge ya Ntenyo, Byimana na...

Muhanga : Hari abifuza ko abangavu bajya baboneza urubyaro

Iyi ngingo itavugwaho rumwe, bamwe mu banyeshuri bavuga ko babona bwaba uburyo bwiza bwo...

VIDEO : Agahinda k’umuturage uvuga ko yajujubijwe na  Gitifu VIDEO : Agahinda k’umuturage uvuga ko yajujubijwe na Gitifu

Intandaro y’icyo uyu mubyeyi yita akarengane yakorewe n’uyu gitifu w’umurenge wa Rwezamenyo,...

Sobanukirwa akamaro ko kurya  cocombre ku buzima bwawe Sobanukirwa akamaro ko kurya cocombre ku buzima bwawe

Ugiye mu murima aho zihingwa, cocombre zishobora gufata ibara ry’igitare cyangwa se icyatsi,...

IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA