Guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 2 Gicurasi 2018, mu turere twose tw’u Rwanda hatangiye...
Mu Rwanda hageze umukufi utangaje urinda indwara ukanatuma uwambaye ahora itotoWakwibaza uti ese uyu mukufi ukozwe mu ki kandi umarira iki umubiri ? Uyu mukufi ukoreshejwe...
Hatahuwe uburiganya mu itangwa ry’akazi ku bakozi benshi ba MINISANTEAmwe mu makosa, nk’uko bigaragara muri raporo y’igenzura y’agateganyo ikinyamakuru Umuryango...
Menya impamvu zituma abagore bagira ibyago byinshi byo kwibasirwa n’uburwayi bw’impyikoDore zimwe mu mpamvu zongera ibyago byo kurwara impyiko ku bagore : Nk’uko tubikesha...
Sobanukirwa akamaro k’ubuki mu kuvura no kurinda indwara zifata umutimaUbuki bugizwe n’intungamubiri nyinshi, muri zo twavugamo : Ibitera ingufu Imyunyungugu nka :...
Rulindo : Urukuta rw’inzu rwagwiriye umuryango w’abantu 4 bahita bapfaIyi mvura yaguye ahagana saa kumi z’umugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 23 Mata 2018, yari...
Muri iyi nkuru tugiye kubabwira akamaro ko gukora imibonano mpuzabitsina ku bashakanye nk’uko...
Byinshi utari uzi ku mababi y’imyembe yagufasha guhangana n’indwara ya DiyabetiIyi ndwara akenshi itera ingaruka nyinshi harimo ubuhumyi, intege nkeya z’umubiri, kurwara...
Umuyobozi wa Skol ku isi yashimye imiyoborere y’u Rwanda yiyemeza kuzarwitura ibyo rwamukoreyeKuri uyu wa Gatandatu tariki 14 Mata 2018, ubuyobozi bukuru bw’uruganda rwa Skol bwagaragaje...
Hari impamvu nyinshi zishobora gutera amaso gutukura. Muri iyi nkuru rero tugiye kurebera hamwe...
Uyu muryango washinzwe n’Umuhani Safi Madiba ndetse ukanamwitirirwa dore ko witwa ‘Madiba...
Iwacu twavutse turi abana 7, nkaba ari nanjye wari mutoya. Ndibuka ko Inkotanyi ziza mu Rwanda...
Padiri Kayisabe Vedaste avuka mu Murenge wa Mukarange, Akarere ka Kayonza, kuri ubu ni...
Mu Rwanda hagiye kongera gutangwa ubuvuzi ku bantu badidimangaKudidimanga n’imbogamizi ibaho iyo umuntu avuga ategwa, cyangwa asubiramo amagambo amwe n’amwe...
Inzego z’ubuzima ziramagana ihohoterwa rikorerwa abafite uburwayi bwo mu mutweIbi byagarutsweho n’inzobere mu bijyanye n’ubuzima bwo mu mutwe, Dr. Jean Damascene Iyamuremye...
Uyu Mujawimana ubusanzwe atuye mu mudugudu wa Nyagitabire, Akagari k’Urugarama, Umurenge wa...
Iby’intambwe idasanzwe y’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda, biragaragazwa na benshi barimo n’umubyeyi...
Ubuhamya : Ineza y’ababyeyi ba Liliane uririmba muri Jehovah Jireh yamurokoye muri JenosideUwamahoro Liliane wavutse kuri Gasasira Marcel na Kaneza Concessa mu 1986, yavukiye mu kagari...
Amakuru agera ku Kinyamakuru Ukwezi.com, ashimangira ko itsinda ry’abashakashatsi mu kigo...
Ubuhamya bw’inzira y’umusaraba Muhoza yanyuzemo, agasambanywa n’abagabo 15 bamuteye SIDAIcyo yihe ngo yabanaga n’umuryango we ku Gisenyi, ubu ni mu karere ka Rubavu mu Ntara...
Sobanukirwa ububi bw’indwara ya ’Goute’ n’imirire wakwitaho ukayirindaIyi ndwara iterwa n’uko aside bita "uric acid" iba yiretse mu ngingo cyane cyane mu mavi no mu...
Abaturage banyoye kuri iyi nzoga bose ni 10 gusa muri bo batatu bahise bapfa ku ikubitiro...
Sobanukirwa akamaro gatangaje ka Vitamin C, uko wayibona ihagije n’ingaruka zo kuyiburaDore ibyiza by’ntungamubiri ya Vitamin c utari uzi ku buzima bwacu Iyi ntungamubiri iboneka mu...
Abafite ubumuga babangamirwa n’uko hari aho Mituweli ibakumira mu kwivuzaMuri Rusange bashima uko bitabwaho mu mishinga itandukanye ihindura imibereho myiza...
Mutabazi wabenze umukobwa ku munsi w’ubukwe yakoze ubukwe n’undi hatarashira n’ukweziUbukwe bwa Babonampoze Simeon Mutabazi na Nadine Ndikuriyo Seraphine bwapfuye kuwa Gatandatu...
Ni mu gihe Umuryango Ushinzwe Ubuzima ku isi (World Health Organisation) uherutse gutangaza ko...
Igiciro cyo gutwara abantu uva mu mujyi umwe ujya mu wundi, cyavuye ku mafaranga y’u Rwanda 19...
Igihe rero bimwe mu bice by’umubiri bitari gukora neza, ni hahandi umuntu atangira kurwaragurika...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Werurwe 2018, nibwo abakinnyi bakina mu ikinamico y’uruhererekane...
Sobanukirwa ingaruka zikomeye z’umubyibuho ndetse n’uko wawirinda burunduDore Ingaruka 6 zikomeye zishobora guterwa n’umubyibuho ukabije : Indwara z’umutima : Ingaruka...
Ruhango : Ababyarira ku bitaro bya Ruhango baratakambira ubuyobozi Ababyeyi baganiriye na Ukwezi.com bavuze ko hari abaturuka mu mirenge ya Ntenyo, Byimana na...
Iyi ngingo itavugwaho rumwe, bamwe mu banyeshuri bavuga ko babona bwaba uburyo bwiza bwo...
VIDEO : Agahinda k’umuturage uvuga ko yajujubijwe na GitifuIntandaro y’icyo uyu mubyeyi yita akarengane yakorewe n’uyu gitifu w’umurenge wa Rwezamenyo,...
Sobanukirwa akamaro ko kurya cocombre ku buzima bwaweUgiye mu murima aho zihingwa, cocombre zishobora gufata ibara ry’igitare cyangwa se icyatsi,...