Nkuko tubikesha urubuga rwa Webmd.com, Rubagimpande ni indwara iterwa n’uko abasirikare b’umubiri bahindukana hagati yabo bigatuma ahanini ingingo z’umubiri zangirika, usibye ko atari zo gusa, ari umutima, uruhu, amaso, ibihaha, imiyoboro y’amaraso ndetse n’imyakura bishobora kuhazaharira.
Ubundi rubagimpande yibasira abantu bameze bate ?
Abantu bageze mu za bukuru ni bo bakunze kuyirwara uretse ko n’abakiri bato bashobora kuyirwara usibye ko bidakunze kubaho cyane.
Umuntu urwaye rubagimpande ashobora kugira ibimenyetso bikurikira :
Ese waba uzi ko imiti y’umwimerere yagufasha guhangana n’iyi ndwara ?
Ku bantu bafite ubu burwayi bwa Rubagimpande, ubu habonetse imiti y’umwimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo mpuzamahanga (twavuga nka:FDA:Food and Drug Administration,n’ibindi).
Iyo miti rero ikaba ifasha ubudahangarwa bw’umubiri gukora neza ndetse igasana zimwe mu ngingo zaba zarangiritse. Muri iyo miti twavugamo nka : Ginseng Rh capsule, Joint Health Capsule, Calcium Capsule,...
Ku bifuza aho babona iyi miti y’umwimerere yizewe kandi yemewe yabafasha gukira burundu iyi ndwara, bashobora kugana ivuriro Horaho Life rikorera i Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura muri etaji ya 3 ku muryango wa 301 na 302. Ku bindi bisobanuro wabahamagara kuri 0788698813 /0728698813. Ushobora no gusura website yabo www.horahoclinic.rw