Hari jbintu bishobora gutuma umugabo agira intanga zidakora neza bityo kubyara ntibibe bigishobotse. Ibitera iki kibazo bigenda bitandukana, kandi mu bibitera harimo ibijyanye n’uko umugabo yakuze mu bugimbi bwe ndetse n’uko yitwara mu buzima busanzwe.
Bimwe mu byatera umugabo kutabyara harimo indwara yagiye arwara mu buto bwe cyane cyane indwara y’iseru, amashamba, kuba yarigeze kubagwa, akazi uwo mugabo akora cyane cyane abakora akazi gatuma bahora ahantu hashyushye cyane, ahantu hari imirasire ihumanya, cyangwa iyindi myuka cyangwa ibitunganywa (produits) bihumanya. Ibindi bishobora gutera ubugumba ku bagabo harimo kunywa inzoga nyinshi ndetse n’itabi.
Ubumuga bwo mu mutwe bwaba ari ubugaragara inyuma cyangwa se ubundi budapfa kuboneka urebeye umuntu inyuma (trouble psychologique) nabwo bushobora gutuma umugabo adashobora gukora imibonano mpuzabitsina neza ndetse rimwe na rimwe bikaba byamunanira burundu.
Kutagira imisemburo ngabo ihagije (testosterones) nabyo bishobora gutuma umugabo atabasha kubyara.
Bimwe mu bimenyetso bishobora kugaragaza ko umugabo adafite imisemburo ihagije, harimo nko kutagira amoya ku mubiri, cyangwa kugira amatako arimo ibinure byinshi.
Iki kibazo kandi gikunze gutera ikibazo cyo kutagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina no kurangiza vuba bitewe ahanini na cholesterol nyinshi mu maraso. Ikindi gikunze gutuma abagabo baba ingumba ni ukugira intangangabo zitujuje ubuziranenge.
Kutabyara bitera ibibazo bikomeye mu miryango y’abashakanye. Rimwe na rimwe usanga imiyoboro imwe n’imwe y’intanga itari mizima, rimwe na rimwe udusabo tw’intanga ngabo ntitumanuke ngo tujye aho twagenewe kujya tukigumira hejuru cyangwa twamanuka aho tuvuye ntihifunge, tugahora tuzamuka ndetse ibyo bigatuma tudakura neza cyangwa ngo dukore intanga ngabo nzima.
Zimwe mu ndwara zishobora gufata intanga ngabo zigatuma umugabo atabyara harimo :
1.Azoospermie
Iyi ni indwara yo kutagira intanga ngabo mu masohoro. Kutagira intangangabo zihagije cyangwa uburwayi bwazo bituma abagabo batabasha kubyara.
2. Oligospermie
Umubare w’intanga ngabo uri munsi ya miliyoni 30/ml ; ubundi uyu ukaba ari wo mubare fatizo umugabo yagakwiye kugira.
3. Asthénospermie
Ni ukuba umugabo afite intanga ngabo zidafite umuvuduko uhagije
4. Teratospermie
Ibi ni ibijyanye no kuba intanga ngabo zifite imiterere itari yo, aho aba afite minini cyane. Iyo umugabo afite ibyo bimenyetso 3 bya nyuma icyarimwe, amahirwe ye yo kubyara aba ari macye cyane, n’ubwo rimwe na rimwe ashobora kubyara, ariko biba ari nk’impanuka.
Kugira ngo abagabo nk’aba babyare ni uko baba bagomba kwegera abaganga bavura bakoresheje imiti y’inyunganiramirire gusa. Iyo umugabo afite Azoospermie ntabwo aba ashobora kubyara mu buzima bwe. Kugira ngo abashe kubyara ni ugushaka abaganga bamuvura bakoresheje imiti iri mu rwego rw’inyunganiramirire ikora mu kuvura abagabo batabyara.
Teratospermie, Oligospermie na Asthénospermie, izi ndwara eshatu ubuvuzi busanzwe nazo ntiburabasha kuzivura. Cyakora ubuvuzi bw’abashinwa bukoresheje imiti yo mu rwego rwa food supplement bubasha kuzikiza.
Imiti ikoreshwa itanga ibisubizo mu kongera umubare wintanga, mu kongera ubwiza bw’intanga ndetse no kongera umuvuduko wazo.
Ese waba ufite iki kibazo cyangwa se uzi ufite ubu burwayi ? Gana ivuriro kabuhariwe rikorera mu mujyi wa Kigali ku muhanda ugana kuri Sulfo urenze kuri KCT.
Wanahamagara kuri + (250)787150912, +(250)788594196 ndetse na +(250)782511532 bakagufasha.