Babatabare Bambi
barrage yamashanyarazi yubatswe nyabarongo ntabwo yakemura into bibatso !?
Birashoboka kubaka urukuta uyu mugezi ugahabwa inzira ntarengwa. Abashinwa barabikoze muri za mirongo inani, natwe tubibonye nk ikibazo twabikemura.
Ni ukuri ibi biza biteye ubwoba. Byongeye bimaze guhitana abantu benshi no kwangiza byinshi. Imana idufashe
mwiihangane imana irabafashe mwe musenge gusa
Andika Igitekerezo cyawe hano hazashyirwe iteme ryo mu kirere hakoreshejwe imigozi nko muri nyungwe.
Andika Igitekerezo cyawe hano hazashyirwe iteme ryo mu kirere hakoreshejwe imigozi nko muri nyungwe.
abarikuva Huye nazaMuhanga mumanuke mumayaga mwambukire mubugesera muhigukire inyamata
Air transport mu Rwanda irakenewe
Reta rwose nitubabarire idufashe nkatwe abanyeshuri biga byaducanze nkubu ibyigwa byaducitse kd urumva ko arigihombo kbsa nimudufashe
mudutabare akazi kahahaze
ariko reta yarikwiye kuzana Helicopter ikadepana abantu
nihatari kbsan leta ni dufashe kuko ubuzima hano bwahagaze byahatari kbsan
Abarubavu nabamusanze bace mumuhanda wa butaro gicumbi
Ese leta ntabushobozi ifite bwo gukamya amazi muburyo bworoshye ko mubona ubuzima bwahagaze ?Ese ko mutavugishije urwego rushinzwe Ibiza ngo twumve ko bikomeje twatandukana na Kgl cg ni ntara ???Ubutabazi burakenewe
Ese leta ntabushobozi ifite bwo gukamya amazi muburyo bworoshye ko mubona ubuzima bwahagaze ?Ese ko mutavugishije urwego rushinzwe Ibiza ngo twumve ko bikomeje twatandukana na Kgl cg ni ntara ???Ubutabazi burakenewe














Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Birashoboka kubaka urukuta uyu mugezi ugahabwa inzira ntarengwa. Abashinwa barabikoze muri za mirongo inani, natwe tubibonye nk ikibazo twabikemura.