Muri iki gihe umubyibuho ukabije ni ikibazo gikomeye haba mu Rwanda ndetse no ku isi muri rusange. Kera mu muco w’abanyarwanda kubyibuha byari ikimenyetso cy’umuntu ubayeho neza mbese umuntu wagezeyo nk’uko bamwe babyita. Nyamara n’ubwo bimeze bityo hari benshi batazi niba babyibushye birengeje urugero cyangwa se batanabyibushye muri rusange. Muri iyi nkuru rero ugiye gusobanukirwa byimbitse icyiciro urimo ndetse unamenye ubufasha ku kibazo cy’umubibuho.
Kubyibuha bikabije bisobanuye iki ?
Kubyibuha bikabije ni ukugira ibiro byinshi ugereranyije n’uburebure, igihe umubiri wawe ubitse ibinure by’umurengera, gusa umuntu ashobora no kugira ibiro byinshi adafite ibinure byinshi mu mubiri (urugero nka ba bantu baterura ibiremereye).
Ni gute wamenya ko ubyibushye birenze urugero ?
Kugira ngo umenye ko ufite ibiro byinshi cyane, hifashishwa igipimo bita BMI (Body Mass Index), iki gipimo nicyo kikubwira niba ufite ibiro bijyanye n’uburebure bwawe cyangwa se ufite ibiro byinshi.
Dore uko babona icyo gipimo :
Ufata ibiro byawe (kg) ukagabanya uburebure (m) bwikubye kabiri
Iyo rero basanze BMI yawe iri hejuru ya 30,nta kabuza uba ubyibushye birengeje urugero (obesity).
Nk’uko tubikesha urubuga rwandika ku buzima rwa mayoclinic, dore ibisobanuro by’ibipimo bya BMI :
Ese ni ibiki bitera kubyibuha bikabije ?
N’ubwo umubyibuho ukabije ushobora guterwa n’impamvu nyinshi nk’uruhererekane mu miryango (genetic influences), imyitwarire (behavioral influences) ndetse n’ihindagurika ry’imisemburo (hormonal influences), ariko kwinjiza ibinure byinshi mu mubiri ntubitwike niyo mpamvu nyamukuru yo kubyibuha bikabije.
Ngizi impamvu 2 nyamukuru zitera kubyibuha bidasanzwe :
Wari uzi ko hari uburyo wagabanya ibiro ndetse ukanirinda umubyibuho ku buryo bwizewe ?
Ni byiza kwirinda bimwe twabonye bizana umubyibuho, gusa hari n’ababikora ntibikunde cyane ko wenda baba bafite ibiro by’umurengera, ubu rero habonetse imiti myimerere ikoze mu bimera, ikaba itwika ibinure mu mubiri ku buryo bwiza bigatuma ibiro bigabanuka. Iyi miti yizewe ku rwego mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge butangwa n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Administration).Muri yo twavugamo nka Slimming Capsules,Kuding plus tea,Chitosan Capsule,…
Twabibutsa ko iyi miti nta ngaruka igira ku muntu wayikoresheje. Uramutse ukeneye iyi miti wahamagara kuri 0788700952/0726355630 cyangwa ukaba wagana Horaho Life aho ikorera kwa Rubangura muri Etage ya 3, mu muryango wa 302.Ndetse wanasura urubuga rwabo arirwo www.horahoclinic.rw.