AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Menya uko waca ukubiri burundu n’inzoka zo mu nda zishobora kugutera umubyibuho ukabije

Menya uko waca ukubiri burundu n’inzoka zo mu nda zishobora kugutera umubyibuho ukabije
12-03-2018 saa 17:05' | By Jean Denys Ndorimana | Yasomwe n'abantu 6422 | Ibitekerezo

Hari imvugo imenyerewe ariko ikoreshwa mu gusererezanya ivuga ko abantu bamwe babyibushye biba atari ukubyibuha ahubwo ari inzoka ziba zarababyimbishije. N’ubwo akenshi abavuga ibi bataba babanje gupima uwo muntu ngo bamenye koko niba ari byo, nyamara burya inzoka ziri mu bintu bishobora gutera kubyibuha kudasanzwe, n’ubwo bidaterwa n’ubwinshi bwazo.

Wari uziko inzoka zo mu nda zishobora kugutera umubyibuho udasanzwe ?

N’ubwo turi kuvuga inzoka zo mu nda nyamara kandi hano turavuga n’izindi ndiririzi na mikorobe zishobora kujya mu rwungano ngogozi nka amibe, H.pylori, imiyege na za bagiteri zinyuranye. Muri iyi nkuru rero tugiye kureba ukuntu izo nzoka zishobora kugutera umubyibuho ukabije.

Ni gute inzoka zo mu nda zitera umubyibuho ukabije ?

Ku bijyanye no kongera ibiro hano hazamo uruhare rw’umusemburo witwa cortisol. Iyo umuntu afite ikibazo mu nzira y’igogorwa, bitera kubyimbirwa mo imbere aho ikibazo kiri nuko ubutumwa bugahita butangwa buvuga ko umubiri w’umuntu ukeneye umusemburo witwa cortisol nyinshi kuko uyu ni umusemburo ushinzwe kurwanya ububyimbirwe mu mubiri. Nyamara kandi uyu musemburo wa cortisol ushinzwe nanone kubika ibinure, niyo mpamvu iyo ukozwe ari mwinshi byongera umubyibuho cyane cyane ku gice cy’inda bitewe n’ibinure byahitekeye bityo rero ugasanga umuntu arabyibushye.

Ese wakora iki ?

Niba ufite umubyibuho ukabije, icyo gukora ni ukugana ivuriro bakagufata ibizami bakakurebera niba koko umubyibuho wawe ufite aho uhuriye n’izo nzoka. Uramenye ntibazajye baguserereza ngo ubyimbyemo utuyoka, kandi kwa muganga nta wakubujije kujyayo.

Dore rero uko watandukana n’ibi kibazo burundu :

Ni byiza kugirira isuku ihagije ibyo tunywa, ibyo turya kuko niho dukura izi nzoka zitandukanye, gusa na none hari abantu baba bafite iki kibazo cy’inzoka zo munda ndetse bafite n’umubyibuho ukabije. Ubu rero habonetse imiti myimerere ikoze mu bimera yica inzoka zo mu nda ndetse inatwika ibinure mu mubiri bityo ukananuka mu buryo budateye ikibazo. Muri iyo miti yica inzoka zo mu nda harimo : Parashield Capsules, Garlic oil capsule ,Intestine cleansing tea. Igabanya ibinure harimo : Slimming Capsule,Lipid care tea,Chitosan capsules,…

Iyi miti irizewe ku rwego mpuzamahanga kuko yemewe n’ibigo bikomeye ku isi nka FDA (Food and Drug Admnistration). Nta ngaruka igira ku muntu wayikoresheje.
Uramutse ukeneye iyi miti y’umwimerere wahamagara kuri numero 0789433795 cyangwa 0726355630 cyangwa se ukagana aho Horaho Life ikorera mu mujyi wa Kigali mu nyubako yo kwa Rubangura muri etaji ya 3 mu muryango wa 301 na 302. Ushobora no gusura urubuga rwabo ari rwo www.horahoclinic.rw


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA