rwosepe kizito nahabwe imbabazi ubu amazekwisubiraho
kizito nahabwe imbabazipe
ihanganemuvandi
Kizito ihangane isumbabyose irakuzi kdi izi nibyo tutazi humura nivuga ntawuzayivuguruza ihugiye kubandi iraje nawe igusange ntiyakwibagirwa !,Turacyagufite mumitima yacu nubundi shitani igerageza abashikamyekandi iruhuka ibatamaje !
Perezida wacu yari akwiye kugira Impuhwe akongera akaduha uyu muhanzi wafashaga benshi. Amakosa yakoze nawe yemera ubu yasobanukiwe ububi bwayo. Umwana agomba gushya kugira ngo atazongera kwegera umuriro
Mu gufunga Kizito Mihigo Leta y’u Rwanda yafunze abacitse ku icumu twese.
Uyu mugabo yararenganye rwose, ibyo bagerageza kumushyiraho byose ni escroqueries politiques
Abantu mwese mwasabiye kizito imbabazia ayo ni amarangamutima yanyu nimwicare mwibaze iyo kizito aza kugera kumugambi we aho igihugu cyari kuba kiri nahamyako igihugu yaracyoretse twagombaga turi mwicuraburindi namwe kdi izo ngaruka zari kubageraho.aba bakobwa bagaragaza amarangamutima yimbabazi .amarira twari kurira yari kuba menshi ahubwo umukuru wacu musabiye gukingirwa nimbaraga zuwiteka akomeze rwose abumbatire igihugu turyame dusinzire tujye aho twifuza tubeho ntankomyi .icyaha kigira ingaruka nizo ziriya kizito arimo ahubwo yarababariwe .ari mubindi bihugu baba baramuciye umutwe.ngaho nimurebe aho Kagame atugejeje aduteza imbere none umuntu 1 atekereze kumwica koko.mwebwe mumusabira imbabazi babashake kuko haribyo mubitse mumitima yanyu.
Abantu mwese mwasabiye kizito imbabazia ayo ni amarangamutima yanyu nimwicare mwibaze iyo kizito aza kugera kumugambi we aho igihugu cyari kuba kiri nahamyako igihugu yaracyoretse twagombaga turi mwicuraburindi namwe kdi izo ngaruka zari kubageraho.aba bakobwa bagaragaza amarangamutima yimbabazi .amarira twari kurira yari kuba menshi ahubwo umukuru wacu musabiye gukingirwa nimbaraga zuwiteka akomeze rwose abumbatire igihugu turyame dusinzire tujye aho twifuza tubeho ntankomyi .icyaha kigira ingaruka nizo ziriya kizito arimo ahubwo yarababariwe .ari mubindi bihugu baba baramuciye umutwe.ngaho nimurebe aho Kagame atugejeje aduteza imbere none umuntu 1 atekereze kumwica koko.mwebwe mumusabira imbabazi babashake kuko haribyo mubitse mumitima yanyu.
Abantu mwese mwasabiye kizito imbabazia ayo ni amarangamutima yanyu nimwicare mwibaze iyo kizito aza kugera kumugambi we aho igihugu cyari kuba kiri nahamyako igihugu yaracyoretse twagombaga turi mwicuraburindi namwe kdi izo ngaruka zari kubageraho.aba bakobwa bagaragaza amarangamutima yimbabazi .amarira twari kurira yari kuba menshi ahubwo umukuru wacu musabiye gukingirwa nimbaraga zuwiteka akomeze rwose abumbatire igihugu turyame dusinzire tujye aho twifuza tubeho ntankomyi .icyaha kigira ingaruka nizo ziriya kizito arimo ahubwo yarababariwe .ari mubindi bihugu baba baramuciye umutwe.ngaho nimurebe aho Kagame atugejeje aduteza imbere none umuntu 1 atekereze kumwica koko.mwebwe mumusabira imbabazi babashake kuko haribyo mubitse mumitima yanyu.
nyamara jye ndumva mwamubabarira ndumva nawe ibyo yaragiye gukora atazabisubira peeeee !!!!!!!! muce inkoni izamba
Aho yaba ari hose, n’igihe cyose yamaramo, igihugu nticyakwibagirwa ko yabaye umuntu w’agaciro wageragezaga kunga abanyarwanda.. .Imana imufashe ntitukirengagize ibyo tuzi ngo duhe agaciro ibyo tutazi
Njyewe Kizito musabiye imbabazi ku mukuru w igihugu wacu dukunda...humura Imana yarakubabariye
abasabiye kizito imbabazi mwese Imana ibahe umugisha kandi izazibibukireho kumunsi mubi,naho uwiyise sisi nabandi nkawe mubabarirwe kuko ngo icyo wifuzako bagukorera nawe ujye ukifuriza abandi cg ukibakorere ,usabye imbabazi arazihabwa kandi nizerako muzehe wacu ari umubyeyi kandi ntarwo afitiye kizito azamubabarira iriya myaka amaze afunze niyo kugirango asubize ubwenge kugihe ,kandi iyo umwana akoze ikosa ntumuhane ejo arongera agakora iriruta iryo yakoze akumva ntakibazo,kandi iyo uhannye umwana ntabwo uba umwanga uba ugirango ace akenge,rero imyaka amaze yaciye akenge
Nemera kdi nkubaha ubucamanza bw’ u Rwanda, nubaha cyane umukuru w’igihugu, nkaba nkunda cyane abanyarwanda. Ntekereza ko umukuru w’igihugu azababarira Kizito Mihigo akagaruka agakorera igihugu kuko mpamya ko yahindutse. yahinfutse aka Salom na Dawudi wo muri Bibiliya bakosaga kenshi arko bakaba abambere gusaba imbabazi. Babaye intwari zikomeye mu kugaragaza imbaraga nke z’umwana imbere y’umubyeyi ndetse n’imbaraga nke za muntu muri rusange. Arko kdi bikanatubera urugero kubera ubutwari n’umwete by’umuntu wahindutse ! iyaba Kizito yari ababariwe.
Dusabe inema yo gukomera mu by’ Imana .nta kuvanga polotiki n’Imana.akiva muri gospel music abantu baravuze bati muzaba mubona ibizakurikira ibi none dore sha bibaye icyumwe none dore sha bibaye ukwezi.
numurengwe yagize n.all
. satani yungamo nokwishyira hejuru
Niyihangane amatora arangire nyakubahwa hari benshi azababarira kandi na Kizito arimo. Imyaka umazemo siyo usigajemo.
Niyihangane amatora arangire nyakubahwa hari benshi azababarira kandi na Kizito arimo. Imyaka umazemo siyo usigajemo.
Joyeuse anniversaire Kizito. Komera igihe kizagera wongere urebe izuba muvandimwe, icyo gihe uzongera kuba intore mu mihigo yo kurwubaka. Mu buzima ibibi n’ibyiza binyuranamo. Ntiwihebe ibyiza biri imbere. Ukomere kuri Kristu waririmbiye nawe ntazagutererana. Umunsi ku wundi azakuba hafi. Ibuka umusaraba we agana golgota maze mu bubabare bw’uburoko, Mu gutekereza ku byo wari kuba ugeraho muri iyi myaka, wifatanye nawe ntacyo uzamuburana. Abantu turatungurwa ariko we buriya ntiyatunguwe, umutege amatwi arakubwira byinshi birushaho kukwubaka, bizagufasha mu muhamagaro wawe nk’umukristu mu gihe kiri imbere. Komeza inzira y’ubutagatifu umukristu ahamagarirwa. Amateka ntahinduka, ariko ntabuza intore kwongera kuberwa n’inkindi igasubira mu ngamba, kandi igahagarara neza. kUBABARA SI KO GUPFA Kibondo.
YUBIRE NZIZA KIZITO, kandi ujye wibuka ko kubabara atariko gupfa kandi urupfu n’ubuzima ni abaturanyi icyaza twacyakira "PSAUME 57" Dusabirane.
Mwe musinzira ibitotsi byanyu byose nijoro naho ku mannywa mukirwa muri business zanyu nta nkomyi ndetse muri week end mu mugataha amakwe uko mwishakiye, niyo mpamvu mupfobya ifatwa ry’uyu mugabo. Kiriya gifungo nawe ubwe kizamugirira akamaro kuko kizamujijura.
Mwe musinzira ibitotsi byanyu byose nijoro naho ku mannywa mukirwa muri business zanyu nta nkomyi ndetse muri week end mu mugataha amakwe uko mwishakiye, niyo mpamvu mupfobya ifatwa ry’uyu mugabo. Kiriya gifungo nawe ubwe kizamugirira akamaro kuko kizamujijura.
Mwe musinzira ibitotsi byanyu byose nijoro naho ku mannywa mukirwa muri business zanyu nta nkomyi ndetse muri week end mu mugataha amakwe uko mwishakiye, niyo mpamvu mupfobya ifatwa ry’uyu mugabo. Kiriya gifungo nawe ubwe kizamugirira akamaro kuko kizamujijura.
Yes, birashoboka cyane umuntu wari mwiza ashobora guhinduka mubi mugahe gato,ariko nyuma yo guhanwa no kubona ubuzima icyerecyezo bumugejejemo nyamara atabitekerezaga, kubwanjye mpamya ko ashobora guhinduka agahindura n’imitekerereze cyane iyo yari asanzwe afite ubumuntu .tugarutse kuri KIZITO MIHIGO ubusanzwe uyu musore ntamutima mubi yagiraga ,ni ikimenyimenyi ibikorwa yakoraga byose byagaragazaga ubumuntu n’ubunyangamugayo, kubera societe tubamo rero uwari umuziranenge yagaragaweho n’inenge isura irahinduka ,ariko mubyukuri nawe ashobora kuba atari azi neza ingaruka bizagira kuri we ndetse no kubamukurikiranaga twese, naho kuvuga ngo abanye ate n’interahamwe ntekerezako nta nterahamwe ziri mu rwanda ’aho afungiye nta nterahamwe zihari hari abagororwa bari gugororwa knd uvuze utyo twe duhita twumva igihande uherereyemo, So ,Kizito si interahamwe nta muntu yishe ,shitani yamuteye nkuko nawe yagutera akakugira uko utari uri, kubwanjye Kizito nibamubabarire agarukane ubuhamya bushyashya yubake societe nyarwanda nk’uko yari yarabitangiye, rero mbere yo kumwita interahamwe mubanze murebe CV ye. nunze mu rya bagenzi banjye rero niba Paul Kagame ashobora kubona ubu butumwa ,we ufite ubushobozi bw’ikirenga namubabarire nk’uko yabaabariye aba Genosideur.murakoze
Kizito Mihigo ni umuntu ushobora gukosa ariko akanikosora. Abamucira urubanza nagira ngo mbabwire ko isi idadakaye, ko buri wese yanyagirwa. Naho ibijyanye n’imbabazi yahawe byo uzitanga numwe, kuva akiriho twese tuzamwitorera kandi yatubwiye ko azaduha ibyo tuzamusaba byose. Imbabazi yahaye interahamwe, Kizito siwe azazima. Kizito nta muntu yishe. Abatwiciye bari iyo bari. Mujye mureka guhubuka mu bitekerezo no mu magambo kuko wasanga na Kizito aribyo yazize
Kizito Mihigo ni umuntu ushobora gukosa ariko akanikosora. Abamucira urubanza nagira ngo mbabwire ko isi idadakaye, ko buri wese yanyagirwa. Naho ibijyanye n’imbabazi yahawe byo uzitanga numwe, kuva akiriho twese tuzamwitorera kandi yatubwiye ko azaduha ibyo tuzamusaba byose. Imbabazi yahaye interahamwe, Kizito siwe azazima. Kizito nta muntu yishe. Abatwiciye bari iyo bari. Mujye mureka guhubuka mu bitekerezo no mu magambo kuko wasanga na Kizito aribyo yazize
Rwose Kizito ndamukunda, nubwo ngo yashakaga kwica umukuru w’igihugu abenshi ntitwabashije kumva umusiviri utazi no kurasa uburyo yari kumwica, cyakora nubwo yemeye ko yavuze amagambo mabi, ndetse agakomeza gutakamba asaba imbabazi, akwiye kubababarirwa, ntazabe nka wa mwana bashoreraga atakamba ariko bikanga bikaba iby’ubusa.
Gusa yabonye isomo ku buryo yazatanga ubuhamya bukomeye mu guhindura imyifatire y’abantu.
kizito turamukunda ariko umuntu n imigambi ye birahabanye.umuntu nyawe ni mumutima .ibyo uvuga nibyo bigushinja cg bikagushinjura.b abandi biduhe example. murakoze.
nimumubabarire kuko usabye imbabazi arazihambwa.
na njye musabiye imbabazi kandi n’ Imana yaramubabariye
Nukuri humura imana niyo nkuru komera muhungu mwiza
happy birthday ntakundi byagenda gusa ugo mba gusaba imbanazi bro
Mwiriwenamamvuyokubabarirwakukokonawenamuhweyari kukonawenamukweyagiriye abandi.
eeeeeeeee aliko kuki mwikunda ? Yakora ,Iki kindi ? Atari amatakira ngoyi ? simvuze ngo nabambwe ,aliko nahanwe ! bibere nabandi isomo ! sentiment mubugambanyi no ! please ! ikindi ijambo interahamwe ubwaryo ntiryari ribi,ryagizwe ribi nibikorwa,so numva umuntu yamwita uko abyumva bijyanye nibyo yakoze ! nabanze atekereze neza kucyo yaragiye gukora ! kandi ikindi mwitonde we iyagahanze niyo ikamena ,bangahe babaye interahamwe bitari bikwiye ! umubisha ntagira isura !
Mwiriwe !!!!Kubwo uko Kizito yagaragaje umutima wo kwicuza ku Mana no kubantu ndetse no kubuyobozi bw’igihugu rwose akwiye kubabarirwa.guhemuka yarahemutse ariko mpamya ko ari Imbaraga z’umwanzi wacu Satani zatumye ayoba kandi mwibuke ko Kizito yasebeje Satani igihe kirekire rero nawe am uciyeho urwaho yagombaga kumusebya.
ko mutansubiza
kagame niba utekereza babarira kizito mihigo umubyeyi we arababaye kandi natwe turababate
mihigowe bazamufungu burundi kuberako ntahataniye na kayumba
mubabari re Nina ukunda igihugucyawe
@Alias na @Cyubahiro Bryan, ntimukihutire guca imanza kuko namwe uwashaka kubakatira urubacisha umutwe ntiyabura icyo aheraho. @Cyubahiro Bryan nkwibarize : Ese Kizito yateganya kwica Nyakubahwa mu buhe buryo ? Mu rukiko badubanuriye ko yamuvuzeho amagambo mabi...mujye mureka guhubuka mubanze mumenye ibyo muvuga. Ngo Kizito Mihigo ni interahamwe ? Ese uzi icyo interahamwe zakoze muri iki gihugu sha ? Reka ngucire imigani ibiri Bryan we : 1 : Isi ntisakaye ntawe utanyagirwa. 2 : Ubamba isi ntakurura.
Ishyano yagushije riragatsindwa,nabohwe niba yarisubiyeho azabohorwe.
ubundise uwo wiyita Bweyeye arinda avuga ibyo bigambo ngo abanye gute n’interahamwe buriya hari interahamwe iruta kizito ?? njye nasanze interahamwe mbi ari kizito !!! mbi cyanee kandi irya izindi ! niwe kizigenza ahubwo arenze n’interahamwe umuntu ushaka kwica Paul KAGAME ubwo wamwita interahamwe gusa bikaba bihagije koko ?????? nabambwe
Uyu mugabo tumusabiye imbabazi rwose kandi nawe yarazisabye cyane ko n’icyaha yacyemeye. Abayobozi bacu rwose cyane cyane perezida wacu niba mushobora kubona ubu butumwa mumubabarire isomo yararibonye kandi turizera ko atazongera rwose. Imana nayo imibabarire
Iminsi amaze muri prison ndahamya ko yamwigishije. Ahasigaye ndumva nawe twamuha amahirwe yo kubaho...hato interahamwe zitazatwishimiraho di ....ese Ubu abanye âte nazo mu buroko ?
hhhh, ahubwo yagaruka kuyobya abanyarwanda, ubundi c yajyaga muri ayo yabuze iki ?
President niba koko ari umubyeyi wa bose adufungurire Kizito, tumwigireho byinshi, hamwe n’iri somo azakura muri gereza.
Mubyukuri dufite umuyobozi wumuhanga pe, ndizerako azababarira kizito, kuko yabonye isomo navugako ari satani wari wamuteye. Gusa niyo yababarirwa azamenyeko usibye nawe nundi uwariwe wese ko urwanda ruyobowe nabahanga kuburyo ntawarujegajeza ngo bikunde.
Isabukuru nziza humura tuza kumutima warababariwe kd n’Imana yarakubabariye twizeye neza ko igihe kumwe tuzongera kukubona tukishimana kd courage turacyagukunda
Ba Nyakubahwa muyoboye igihugu cyacu cyane Prezident wa Repuburika tukuzi nk’Umubyeyi babarira Kizito Mihigo ndumva nawe amaze kubona isomo
Musabiye imbabazi ku mana no ku bantu...nukuri nibamworohereze
Uyu mugabo Imana imufashije akagaruka muri société ndahamya ko yagira akamaro...kuko yaba yararungurutse i kuzimu. Reka tubirekere abadukuriye. Tubasabye ubushishozi, murakoze.

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
mujye muca imanza mushyire mugaciro ubwose kizito afite ubuhe bushobozi bwo kwica president imana iramuzi kandi imufiteho umugambi nyagasani abane nawe kandi azafungurwa