Umuswa gusa utaziko hari imiti igabanya ubukana bwa VIH/SIDA arihemukiye ahemukiye nuwo mugabo bari bibaniye neza. Byashobokaga ko bari kuzibanira nk’imyaka 30 nta nigicurane none ndebera.. niwe wa 1 se cg wanyuma wari ufite ubwo bwandu.( kurimbuka.com ) KUTAMENYA YESU WE !
uwo mugabo niyihangane
Ngewe nshimiye cyane uwo mudamu wiyahuye kubwo umuzigo yatuye umugabowe ndabizi ubwo iyo abayasize ntacyo avuze uyumugabowe abayamaze gutabwamuri yombi acyekwaho guserereza umugore kugeza yiyahuye , murakoze kdi uwo mudamu yabaye intwari
KWIYAHURA SIWO MUTI UWUSIGAYE NIYIHANGANE AREME
Umuvandimwe usigaye atuze Imana yita kumuntu wese uyubaha kdi siwe nyirabayazana
najyewandujwenu mubyeyiwajye ndahoze

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
ninde wamubwiye se ko yamwanduje ? yaramupimishije se ? mbega umuswa mbegaumuswa, wasanga yiyahuriye ubusa ntayo yateye umugabo we