AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax
Ubuzima
RSSB igiye kuvugutira umuti ibibazo biri mu mitangire ya serivisi za Mutuelle de Santé RSSB igiye kuvugutira umuti ibibazo biri mu mitangire ya serivisi za Mutuelle de Santé

Ibi byavugiwe mu kiganiro RSSB yagiranye n’ Itangazamakuru, ubwo hatangizwaga ubukangurambaga...

Ubuhamya n’inama za Umutesi, umuganga wiyemeje gufasha abagabo batitwara neza mu gutera akabariro

Mfashe aka kanya kugirango nganire n’abagabo ku bijyanye n’imyororokere. Mbese wa mugabo we,...

RBC yakebuye abagiha akato abafite ibimenyetso by’uburwayi bwo mu mutwe

Ubuyobozi bwa RBC, binyuze mu Ishami ryayo rishinzwe Ubuzima bwo mu mutwe kuri uyu wa Mbere...

Rwanda : Ibyemezo bikakaye ku bantu batarafata urukingo rushimangira

Ibi bije nyuma y’uko tariki 04 Gashyantare 2022, Inama y’Abaminisitiri yari iyobowe na Perezida...

Bamwe mu bakorera kuri YouTube mu Rwanda bashobora kwisanga mu mazi abira

Ibi byatangajwe n’Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) Dr Murangira B Thierry ubwo...

Dr Nsanzimana Sabin yahawe inshingano nshya Dr Nsanzimana Sabin yahawe inshingano nshya

Itangazo ryavuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe,Dr Ngirente Edouard, byatangaje ko hashingiwe...

Byinshi wamenya kuri Nzambazamariya Veneranda umaze imyaka 22 yishwe n’impanuka y’indege Byinshi wamenya kuri Nzambazamariya Veneranda umaze imyaka 22 yishwe n’impanuka y’indege

Uyu muryango ufite intego yo kwimakaza umuco w’Amahoro, Ubutabera kuri buri wese n’Iterambere...

RIB yataye muri yombi umuganga ukekwaho kwaka ruswa umurwayi

Uyu muganga ukurikiranyweho icyaha cyo gusaba no kwaka indonke ndetse n’icyo gukoresha ububasha...

Kigali : Barabasanga mu ngo bashaka abatarahabwa doze n’imwe y’Urukingo n’abanze gufata izikurikira Kigali : Barabasanga mu ngo bashaka abatarahabwa doze n’imwe y’Urukingo n’abanze gufata izikurikira

Ni icyemezo Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa yatangaje ko cyafashwe nyuma y’uko...

Iki cyorezo hari n’abayobozi batumva ibyacyo- Karegeya araburira abantu ko kwikingiza ntaho bazabicikira Iki cyorezo hari n’abayobozi batumva ibyacyo- Karegeya araburira abantu ko kwikingiza ntaho bazabicikira

Karegeya Jean Baptiste avuga ko kuva icyorezo cya COVID-19 cyagera mu Rwanda hagiye hagaragara...

Abarimu bagejeje igihe cyo kwikingiza urwa gatatu basabwe kwikingiza mbere y’uko igihembwe gitangira Abarimu bagejeje igihe cyo kwikingiza urwa gatatu basabwe kwikingiza mbere y’uko igihembwe gitangira

Bikubiye mu itangazo rya Minisiteri y’Uburezi ryasohotse kuri uyu wa Kabiri, rivuga ko ari...

Kicukiro : Abantu 16 bafashwe basuye urwaye COVID babasuzumye basangamo abandi batatu bayanduye Kicukiro : Abantu 16 bafashwe basuye urwaye COVID babasuzumye basangamo abandi batatu bayanduye

Aba bantu bafashwe ahagana saa tanu z’ijoro ryo ku ya 21 Ukuboza 2021 mu Murenge wa Nyarugunga...

Mu minsi 10 gusa umuvuduko w’igipime cy’ubwandu bwa COVID-19 wikubye inshuro 9

Mu kiganiro yagiranye n’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel...

COVID-19 : Habonetse abanduye bashya 306 barimo 260 b’i Kigali

Imibare itangazwa na Minisiteri y’Ubuzima kuva COVID-19 yagera mu Rwanda, n’ubundi muri uku kwezi...

Gisagara : Baratakira ubuyobozi nyuma y’uko amasomo bahawe atambamiwe n’ibura ry’amazi

Imiryango itandukanye nka Plan International yigishije impunzi ziri mu nkambi ya Mugombwa...

Omicron yamaze kugaragara mu Rwanda…Abaturarwanda barasabwa iki ? Omicron yamaze kugaragara mu Rwanda…Abaturarwanda barasabwa iki ?

Bikubiye mu itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Ubuzima mu gicuku cyo kuri uyu wa Kabiri...

Mu Rwanda icyorezo cya COVID-19 cyongeye guhitana umuntu Mu Rwanda icyorezo cya COVID-19 cyongeye guhitana umuntu

Imibare itangwa na Minisiteri y’Ubuzima, igaragaza ko kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Ukuboza 2021,...

COVID-19 : Umubare w’Abaturarwanda bifuzwaga gukingirwa muri 2021 wamaze kugerwaho umwaka utararangira COVID-19 : Umubare w’Abaturarwanda bifuzwaga gukingirwa muri 2021 wamaze kugerwaho umwaka utararangira

Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije wavuze ko intego u Rwanda rwari rwihaye...

Menya uburyo umugore yarwanya ingaruka zo gucura (menopause)

Ugucura k’umugore bibanzirizwa no kubura imihango rimwe na rimwe cyangwa ntizire igihe kubera...

Nyagatare : Icyiciro cy’Urubyiruko ni cyo giteye impungenge ku bijyanye na SIDA Nyagatare : Icyiciro cy’Urubyiruko ni cyo giteye impungenge ku bijyanye na SIDA

Hasanzwe hariho intego ya 90*90*90 yo kuba nibura abantu bangana na 90 bazi uko bahagaze ku bwa...

U Rwanda rwashyiriyeho umwihariko w’akato abaturuka mu bihugu 9 birimo Mozambique U Rwanda rwashyiriyeho umwihariko w’akato abaturuka mu bihugu 9 birimo Mozambique

Itangazo ryashyizwe hanze na Minisiteri y’Ubuzima, rivuga ko mu rwego rwo gukumira ikwirakwira...

COVID : U Rwanda rwasubijeho akato ku bantu bose bavuye hanze, Abaturarwanda bibutswa gukurikiza amabwiriza

Bikubiye mu itangazo ryasohowe na Minisiteri y’Ubuzima ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu tariki...

MINISANTE yizeje gukurikirana ikibazo cy’umwana urwaye indwara yamubyimbishije inda iwabo bakabura ubushobozi bwo kumuvuza

Ikinyamakuru The Chronicles cyashyize ubutumwa kuri Twitter busa nk’ubuvunyishiriza uyu mwana...

Pologne yahaye u Rwanda inkingo ibihumbi 300 zashyikirjwe Amb. Shyaka Pologne yahaye u Rwanda inkingo ibihumbi 300 zashyikirjwe Amb. Shyaka

Pologne ihaye u Rwanda izi doze 300 000 z’inkingo za COVID-19 zo mu bwoko bwa AstraZeneca mu...

Kurwanya Kanseri y’Inkondo y’umura : J.Kagame yagaragaje ko u Rwanda rwarenze intego Isi yihaye

Madamu Jeannette Kagame yabivuze kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Ugushyingo 2021 mu nama y’Ishami...

Sobanukirwa iby’indwara za prostate zihitana abagabo benshi n’uburyo wazirinda

Ni bande bibasirwa cyane n’uburwayi bwa Prostate ? Ubusanzwe Prostate ni urugingo rufitwe...

Karongi : Abashishikariza abaturage kutikingiza COVID-19 bibukijwe ko bashobora guhondwa n’inyundo y’amategeko Karongi : Abashishikariza abaturage kutikingiza COVID-19 bibukijwe ko bashobora guhondwa n’inyundo y’amategeko

Ni ubukangurambaga bwatangiriye mu Karere ka Karongi mu Ntara y’Iburengerazuba, ahagaragara...

COVID-19 : Min. Ngamije yemeje ko Abanyarwanda bashoboza kuzahabwa urukingo rwa gatatu COVID-19 : Min. Ngamije yemeje ko Abanyarwanda bashoboza kuzahabwa urukingo rwa gatatu

Bamwe mu bafite ubuzobere mu bijyanye n’ikingira ry’indwara z’ibyorezo nka COVID-19, batangaza...

Menya uko amibe zizengereza benshi zikanabuza abagabo gutera akabariro neza, n’uko wazikira burundu

Kugira ngo indwara y’amibe ikure mu mubiri, agakoko k’antamoweba histolitika karagenda kakibera...

Dore ibanga rikomeye ku mugore wifuza kongera ububobera n’amavangingo mu gutera akabariro

Iyo iki gikorwa nyamukuru gihuza abashakanye kitagenze neza bitera umwiryane ndetse...

U Rwanda rwateye indi ntambwe yo gutangira gukora inkingo za COVID, Malaria n’Igituntu

Umuhango wo gushyira umukono kuri ayo masezerano wabereye muri KCC ahari hari abahagarariye u...

Nyuma y’ibyamubayeho, Isimbi uba muri Amerika yatangije gahunda y’ubujyanama mu kubaka urugo

Ubwo yasobanuraga inkomoko y’umushinga yise WELLIFE LLC, Isimbi yatanze ubuhamya bw’ibyamutunguye...

Abaganga babiri b’Ibitaro Baho biherutse gufungwa bagiye kuburana ku by’umubyeyi wapfuye abagwa

Aba baganga babiri ari bo Alfred Mugemanshuro uzobereye mu gutera ikinya na Gaspard...

Igisubizo ku bagabo barangiza vuba mu gutera akabariro n’abifuza gushimisha abagore by’agahebuzo

Revive CAPSULES ni umuti mwimerere ukozwe mu bimera ; bikomoka mu buvuzi gakondo...

IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA