Ni nyuma y’ uko ku wa Kabili w’ iki cyumweru komite nyobozi y’ akarere ka Karongi yari ikuriwe na...
Abagize Inama Njyanama bamaze kumweguza. Ubu akarere kagiye kuyoborwa by’agateganyo na Josue...
Minisitiri Shyaka ati ‘Nta gikuba cyacitse’, abaturage bati ‘Ntibyumvikana ukuntu ba meya begurira rimwe’Kuva mu gitondo cy’ ejo tariki 3 Nzeri 2019, abayobozi b’ uturere biganjemo ba Meya na Visi Meya...
Rubavu : Ba Visi Meya bombi banditse basaba kwegura Abeguye ni Murenzi Janvier wari Umuyobozi w’ Akarere ka Rubavu ushinzwe iterambere ry’ ubukungu...
Muhanga, Burera, Gisagara,... hari abayobozi beguye, Musanze yo yamaze kubona Meya mushya Umuyobozi w’ Akarere ka Muhanga Uwamariya Beatrice yandikiye Njyanama y’ Akarere asaba kwegura...
Minisitiri Sezibera yagaye abakwirakwije amakuru y’ ibihuha kuri weNi mu butumwa yanyujije kuri Twitter kuri uyu wa 3 Nzeri 2019, ku gitekerezo yatanze ku butumwa...
Ngororero : Ba Visi Meya bombi na Gitifu beguye Perezida w’ Inama Njyanama y’ Akarere ka Ngororero yavuze ko aba bayobozi banditse basaba kwegura...
Musanze : Visi Meya uherutse gukubita umugore na Meya begujwe Icyemezo cyo kweguza aba bayobozi cyafatiwe mu nama idasanzwe yagaragaje imikorere idahwitse...
Huye : Ibibazo byabuze mu mihigo y’ uturere Perezida akanga kuyisinya bihawe amezi 4 ngo bibe byakemutse Iki cyemezo cyafatiwe mu nama mpuzabikorwa y’ akarere ka Huye yabaye kuri uyu wa 2 Nzeli 2019,...
Tariki 11 Nyakanga 2019 nibwo Minisitiri Dr Richard Sezibera aheruka kugaragara mu ruhame ubwo...
The Eastafrican yatangaje ko umwe mu bategetsi bo hejuru, yacyemereye ko inama y’abayobozi bo...
Minisitiri muri Uganda yagize icyo avuga ku kurekura Abanyarwanda bafungiyeyo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga mu Rwanda amb. Olivier Nduhungire...
Abakandida bahatanira kuba abasenateri bagiye gutangira kwiyamamazaNEC yagiranye ibiganiro n’abemerewe kwiyamamaza mu matora y’abasenateri, byibanze kuri gahunda...
Uganda hari icyo isabwa ngo u Rwanda rubone kwemerera Abanyarwanda kujyayo Kuri uyu wa 21 Kanama 2019 u Rwanda na Uganda byahuriye I Luanda muri Angola, abakuru b’ ibihugu...
Aya masezerano yashyiriweho umukono I Luanda muri Angola nyuma y’ inama yahuje abakuru b’...
Kagame na Museveni basinye amasezerano yo gukemura ibibazo biri hagati y’ u Rwanda na Uganda Byabereye muri Angola mu nama yahuje Perezida Kagame, na Perezida Museveni wa Uganda , uwa RDC...
Perezida Kagame yageze I Luanda ahateganyijwe amasezerano yo kunga u Rwanda na Uganda Kagame yageze I Luanda avuye muri Namibia mu ruzinduko rw’ akazi rw’ iminsi itatu yatangiye ku wa...
‘Iyo tuza kuba twaratekinitse imibare nitwe twari kuba twibeshya’ Perezida Kagame [AMAFOTO]Ibi Perezida Kagame yabitangaje mu kiganiro we na Perezida wa Namibia Geingob bagiranye n’...
U Rwanda na Uganda byateguriwe amasezerano y’ ubwumvikane Aya masezerano azaganirwaho na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Uganda Yoweri...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga ushinzwe ubutwererane muri Afurika...
Umujyi wa Kigali wabonye Abayobozi bashya Rubingisa nyuma yo gutorwa yavuze ko akazi yatorewe gakomeye ariko gashoboka. Yagize ati...
Ibyo wamenya ku bajyanama 5 b’ umujyi wa Kigali bashyizweho na Perezida Kagame Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri y’ Intebe rivuga ko abo bajyanama ari Dr. Jeannette...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga Amb. Olivier Nduhungirehe mu...
‘Turashaka mu Rwanda ko twagira moto zikoresha amashanyarazi gusa’ Perezida KagameYabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 14 Kanama 2019 ubwo yaganiraga n’ urubyiruko ibihumbi 3...
Iyi nkuru icumbuye yatangajwe kuri uyu wa Kabili tariki 13 Kanama 2019. Mu kiganiro yagiranye...
U Rwanda rwamaganye inkuru ya Financial Times ivuga ko rwatekinitse imibare y’ ubukungu Kuri uyu wa Kabili tariki 13 Kanama 2019 nibwo iki kinyamakuru cyasohoye inkuru icukumbuye...
Itangazo ryashyizweho umukono na Amb. Olivier Nduhungirehe , Umunyamabanga wa Leta muri...
Kuri uyu wa 12 Kanama 2019 nibwo ku rubuga rwa Twitter hagaragara imyemezabwishyu yatanzwe na...
Akarere ka Gasabo katangiye gukorera muri etage nshya bamwe bayobera aho kahozeAkarere ka Gasabo kari kamaze imyaka myinshi gakorera mu nzu y’ igorofa iherereye hafi y’...
Iyi sitade yubatswe iruhande rwa Sitade amahoro. Umuhango wo gutaha iyi stade wabaye kuri uyu...
Perezida Kagame ati ’Twige Ikinyarwanda’ Yabikomojeho kuri uyu wa Kane tariki 8 Kanama 2019 ubwo yasozaga ku mugaragaro Itorero ry’...
Uyu muhango uri kubera I Gabiro mu karere ka Gatsibo mu burasirazuba bw’ u Rwanda. Ikiciro cya...
’Mu myaka mikeya u Rwanda ruzamera nk’ ibindi bihugu byiteje imbere’ Minisitiri MukabarambaYabivugiye mu karere ka Huye kuri uyu wa 7 Kanama 2019 mu muhango wo guhemba abahize abandi...
U Rwanda rwahagaritse abanyeshuri bajyaga kwiga muri Kongo Minisitiri w’ Ubuzima Dr Diane Gashumba kuri uyu wa Kabili tariki 6 Kanama 2019 yavuze ko abo...