Umuyobozi mukuru w’itorero ry’igihugu ahembwa angahe ?Mwamwibagiwe,nawe numva ngonimake.
ariko bazaduhe n’imishahara ya ba mwarimu guhera primary..... na kaminuza.
cg se aba basirikare barinda umutekano, ese barahembwa cyangwa bitangiye igihugu ??
mbona mwarimu n’umusirikare aribo bihaye Imana kbsa
Mbega udufaranga nuko nyine bikoreramo nonese ubwo bakurahe ayo kurihira abana muri USA ko mbizi ko iyo umuntu yiga ari etudiant international yishyura menshi mwarangiza ngo abantu bajya hanze gukora iki ayo nyarenza kure nkora akazi ko hasi yewe ahubwo uwabishobora yajya ajya ishyanga guhaha akagaruka kukora investment iwabo nuko na Rwanda Revenu numva iba itoroshye
ese aba nabandi bose bayora,bbakuweho make ntiyakongererwa mwarimu,ibi birakabije inkuru nkizi hari zica intege,jye iyo mbibonye ku munsi uukurikira nsiba akazi
Ko Umuyobizi w’i WAWA yaharenganiye se ? uzi ko tunganya....
Ariko se ko ayo mafaranga nanjye nyahembwa ari na net salary kuko ninjiza $ 2500 nyuma yi imisoro nkaba ntabasha kubaka inzu I Nyarutarama cg kwishyurira umwana muri USA . Kandi ntanasesagura Aba bayibozi ni gute bahembwa udufaranga tungana dutya bakubaka inzu Nyarutarama , abana babo bakiga USA .sha niba batiba hari ahandi baba bayakura. Kuzo mba munzu ya frw 250 000 nkagenda mu modoka isanzwe ariko ibyo byose ntabyo nashobora bo babishobora bate mbarusha umushahara
Ariko se ko ayo mafaranga nanjye nyahembwa ari na net salary kuko ninjiza $ 2500 nyuma yi imisoro nkaba ntabasha kubaka inzu I Nyarutarama cg kwishyurira umwana muri USA . Kandi ntanasesagura Aba bayibozi ni gute bahembwa udufaranga tungana dutya bakubaka inzu Nyarutarama , abana babo bakiga USA .sha niba batiba hari ahandi baba bayakura. Kuzo mba munzu ya frw 250 000 nkagenda mu modoka isanzwe ariko ibyo byose ntabyo nashobora bo babishobora bate mbarusha umushahara
barayakwiye ,
barayakwiye ,
ikibazo nge mbona nuko hariho ibigo mbona inshingano zabyo hari za ministeri zizishinzwe nkabona ari nko guhombya igihugu
nukuri imishahara barayikwiye urebye nakazi bakora usanga rwose gakomeye nibyiza cyane kandi nzi neza ko aba bose bashoboye courage
mwarimu ubigisha ibyo byose agahabwa 43 000 ???????? birakabije
mwarimu ubigisha ibyo byose agahabwa 43 000 ???????? birakabije
Iyi cash ni nkeya kuko ari gross , byari gukangana iyi iba net, kandi urebye TPR basubiza mu kigega cyane leta wasanga nabo bubaka igihugu
Merci.
Njye ndabona ntakibazo kirimo kuko byanze bikunze iyo mishahara iyo bavanyemo assurance maladie nimisoro ndetse na caisse social agenda menshi kandi ikindi position bafite ntibikanganye kuko twese turabona umusaruro urwanda rugezeho nabwo ntiwakwitwa umuyobozi ngo upfe ninzara ahubwo harebwa ukuntu buli mwaka ibyo bigo biramutse muburyo bwa finance byingutse numukozi muto yakeongerwa nibura 3% bitewe nibyo mwagezeho .
Mdabona urwanda rukifite umurongo mwiza udakabije kuko ibindi bihugu biba binashonje ukabona CEO ahembwa 70.000$per month kdi akahembwa muma dolars not local carency ibyo nukusahura.
Mubareke abacu bahrmbwe ayo maze batuhe umusaruro ndetse nabohasi bazajye bazamurwo uko umusaruro wikigo buli mwaka wazamutse impanvu nebyori :
1. Umukozi agomba nibura kwihaza ndetse nurugo rukihaza mubyibanze.
2.Ntabwo politique ihari ari ukuhora mubikene tugomba kugira nibura igihe buli wese nyima yigihe kanaka akora evaluation yaho avuye naho ageze maze ibyo byose iyo ari positive nibyo bikoze ubukungu bwikihugu.
Ex.Urebye amazu yubatse nyarutarama,Niboye kicukiro,imihanda suko twategereje inkunga nuko abo bazamutse bashobora kutanga inkunga zabo zikubaka imidugudu batuyemo nabo bakiyubakira ama gorofa meza babamo mdetse nabana bakiga bakivuza neza.
Ndabashimiye yari Floresh
Njye ndabona ntakibazo kirimo kuko byanze bikunze iyo mishahara iyo bavanyemo assurance maladie nimisoro ndetse na caisse social agenda menshi kandi ikindi position bafite ntibikanganye kuko twese turabona umusaruro urwanda rugezeho nabwo ntiwakwitwa umuyobozi ngo upfe ninzara ahubwo harebwa ukuntu buli mwaka ibyo bigo biramutse muburyo bwa finance byingutse numukozi muto yakeongerwa nibura 3% bitewe nibyo mwagezeho .
Mdabona urwanda rukifite umurongo mwiza udakabije kuko ibindi bihugu biba binashonje ukabona CEO ahembwa 70.000$per month kdi akahembwa muma dolars not local carency ibyo nukusahura.
Mubareke abacu bahrmbwe ayo maze batuhe umusaruro ndetse nabohasi bazajye bazamurwo uko umusaruro wikigo buli mwaka wazamutse impanvu nebyori :
1. Umukozi agomba nibura kwihaza ndetse nurugo rukihaza mubyibanze.
2.Ntabwo politique ihari ari ukuhora mubikene tugomba kugira nibura igihe buli wese nyima yigihe kanaka akora evaluation yaho avuye naho ageze maze ibyo byose iyo ari positive nibyo bikoze ubukungu bwikihugu.
Ex.Urebye amazu yubatse nyarutarama,Niboye kicukiro,imihanda suko twategereje inkunga nuko abo bazamutse bashobora kutanga inkunga zabo zikubaka imidugudu batuyemo nabo bakiyubakira ama gorofa meza babamo mdetse nabana bakiga bakivuza neza.
Ndabashimiye yari Floresh
Ko mbona bahabwa menshi cyane koko buriya ntihagakwiye kurebwa nabo hasi kuko ubona atibo bakora akazi kenshi kd bagahembya ubusa

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
ARIKO MWE MWANDIKA IBI MWIRENGAGIZA KO AYO MUTANGAJE HANO ARI "UMUSHAHARA MBUMBE". SI AYO ATAHANA. AYO ATAHANA BABA BAKUYEHO BYINSHI, NK’UBWISHINGIZI, IMISORO ITANDUKANYE N’IBINDI.. AMUGERAHO HAVUYEHO HAFI CYANGWA ARENGA KIMWE CYA KABIRI...