UWOMUSAZA IBYO AVUGA NUKURI
Ark se muramurenganyiriziki umusaza ko yavuze u kuri. Mugane idini yuk uri ariyo ISLAM ibindi mubishyire kuruhande hatazagira undenganya kumunsi wibarura ngo kuki utambwiye mbaye mbabwiye bavandimwe
Ark se muramurenganyiriziki umusaza ko yavuze u kuri. Mugane idini yuk uri ariyo ISLAM ibindi mubishyire kuruhande hatazagira undenganya kumunsi wibarura ngo kuki utambwiye mbaye mbabwiye bavandimwe
bene data mwataye umuco ndabizi nibyo muvuga nikinyabupfura gike mufite kumusaza w 94yamavuko ni umusaruro wayo madini nubumenyi buke mubyiyobokamana ntiribemerera kumva neza ibyo umusaza yavuze. umusaza yavuze ukuri kuzuye ariko ubufana nuburozi twahawe nayo madini ntibituma twumva ukuri. sinzi icyo mumuhora ?ni temoignage yaranze se ? ni uko yavuze ko hari lmana imwe se ? bibliya imwe ? siko biri se ? gusa LA verite blesse mwihangane nyine. gusa lmana imwongerere Indi minsi akomeze atubwire ukuri
bene data mwataye umuco ndabizi nibyo muvuga nikinyabupfura gike mufite kumusaza w 94yamavuko ni umusaruro wayo madini nubumenyi buke mubyiyobokamana ntiribemerera kumva neza ibyo umusaza yavuze. umusaza yavuze ukuri kuzuye ariko ubufana nuburozi twahawe nayo madini ntibituma twumva ukuri. sinzi icyo mumuhora ?ni temoignage yaranze se ? ni uko yavuze ko hari lmana imwe se ? bibliya imwe ? siko biri se ? gusa LA verite blesse mwihangane nyine. gusa lmana imwongerere Indi minsi akomeze atubwire ukuri
ezra arambabaje imana imurebe kubwamagambo yavuze
ezra arambabaje imana imurebe kubwamagambo yavuze
Nukuri mubemaso musenge buriwese wasomye iyinkuru yayigezeho harinyinshi yabanje gusoma inkuruziriho zose ziratwerekako ntagisigaye ngo Yesu agaruke isi nayo ubwayo byayiyobeye tuvemubujiji ducebugufi dusabimana kutuyo bora kandi inkuru yumusaza muyisomeneza nimurangiza musome ibitekerezo byatanzwre umurongo kuwundi murakuramo ubutumwa bukomeye ngo dusomebyose kandi twumvebyose maze dutoranye ibyukuri tube aribyo tugenderamo Imana yamahoro iduhishurire ukurinyako kandi idushoboze kukugenderamo
Him !ariko uyumusaza muramunenga ko yatuye ukuri kwibyoyakoze cg ibyabona nicyo mumuziza !bene adamu mwe ntitunyurwa koko !gusa mbabajwe namubwirako ashaje nabi agejeje nibe nawe imyaka irabimwemererera ugereranyije niyagezemo,mwe n ibitekerezo mbabonyemo muzashime IMANA nimunayegera kandi nukuri ntadini rizima nanjye ndabona kokoibyobavuga bihabanye nibyo bakora !icyingezi nukwizera IMANA nokuyiramya ibyamadini tukabiharira banyirayo kuko ntadini tuzabazwa mugihe cyurubanza ahubwo tuzabazwa ibyotwakoze kandi burimuntu azisubiriza ukwe uretse nabanyamadini nabakubyaye Yewe nabavandimwe buriwese azirwariza pe !
Mbese wifuza kumenya ibiranga idini ryukuri ?
Mbese wifuza kumenya impamvu hariho amadinimenci ?
Biroroshye ntakiguzi usabwa.sura www.jw.org/rw
Urasobanukirwa byinci
Cgwa usabe Umwe mubahamya ba Yehova wo mugace kiwanyu kugusura kwisaha nahantu bikunogeye.ntakiguz gisabwa
Nibyo kabisa
ngwino Abahamya ba YEHOVA tukwigishe icyo gutinya Imana aricyo cg ujye ku www.jw.org/rw
niba wifuza kumenya ukuri ku biyita abahanuzi wasura www.jw.org/rw
Mpyisi nta gihe ntamukemanze, mu bijyanye no gusenga, n’ubu ndamukemanga muri ibi avuga. Ariko rero abakurikira abashinga amadini ya buri kanya boshye ushinga amakipe y’umupira, bafite ikibazo. Kuko Imana ntiyifuza kubona abayo batatana, nk’uko Umubyeyi mwiza atakwifuza kubona abana be bacikamo ibice.
umusaza mubabajwe nuko avuga ukuri kuri munzu muteraniramo.
niba nawe yicuza ibibi yakoze.
mwe nabashumba banyu ko mukomeje gusahura rubanda rukiri mubujijivaho kubajijura ?
MPYISI ndumva bamwe mutangiye kumutuka mwitonde muraza kuba abafarisayo nabanditsi bamategeko bameze nkimva zisize neza inyuma imbere arumwandq gusa
Nanjye nziko Abadivantisiti batemera ubuhanuzi.
Ngo byarangiriye kuri E. White.
None c we Yahanuriga gute ?
ubwose yarababeshye muremera nonese ko ari pasitori muri Adventist kandi bakaba bahakana ko abahanuzi bakibaho ni gute yababwira ko yahanuraga iyo mumubaza abo yabibwiraga ngo mwikorere iperereza rwose ni ikinyoma cyambaye ubusa nta mu Adventist uhanura ubaho muri iki gihe iyo mpano ntayo bagira
Ibyo muvuga ntimubizi. Nimureke yature ibyaha bye na ibya ubwoko bwe ahari hari icyo muzayoramo. Mpyisi aravuga ukuri kuzuye. Namwe nimumenya ukuri yamenye muzavuga kumurusha kdi muzatukwa kumurusha. Imana ishimirwe ko adacika intege kubw’ibitutsti byanyu. Njye sinigeze kuba Pasteri kdi ndacyari muto ariko kubwo Kuvukira mu badiventisiti nkiga mu bapadiri nkabona nibyo amadini yandi yigisha, nasobanukiwe nasobanukiwe nibyo amadini yose akora.
Nikoko abadiventiste benshi urebye ibyo bakora bitandukanye na amahame abagenga ariko wareba andi madiniyo ukumirwa. Ari ibibagenga nibyo bakora ni ugushaka imari gusa gusa. Kiriziyayo ma Islam bihishe byinshi bibi muzasonanukirwa nimushishoza.
Kubwo kugora ahabarizwa nibura yahisemo aho amahame agerageza nubwo batauakurikiza. niyo mpamvu akubwira ko ntadini yemera.
Muve mu buswa mwige bibiriya mureke ibyabashaka ibyanyu bababeshya. Muzamenya ukuri kdi ukuri niko kuzababatura.
Nyamara muramurenganya yavuze Ko habaho Imana imwe. .kd koko nibyo. ..izind ni ibigirwamana ntabwo Ari Imana umuremyi nonese niba hari Imana imwe yogusengwa kd hakaba na bible imwe yokutuyobora kuki habaho amadini menshi ? Kd yose akoresh bible akavuga Ko anasenga Imana umuremyi ? Kukijyany nimyaka yavuze Ko hatabagaho amatariki mbese nakalindali yabagaho.merci
Ruhago@. Bibiriya ntivuga ngo NUBWO HARIHO IMANA NYINSHI MU IJURU NO KWISi ahubwo iravuga ngo :
1 Abakorinto 8:5,6,7
5 Nubwo hariho IBINDI byitwa imana, ari ibyo mu ijuru cyangwa mu isi, (nk’uko hariho imana nyinshi n’abami benshi), 6 ariko kuri twe hariho Imana imwe ariyo Data wa twese ikomokwamo na byose, kandi hariho Umwami umwe ari we Yesu Kristo ubeshaho byose , natwe akatubeshaho.
7 Ariko ubwo bwenge ntibuzwi n’abantu bose kuko bimwe ku bwo kumenyera gukorera ibigirwamana vary a inyama zabiterekerejwe, bakiyumvamo ko ari imana nyamana baziterekereje, nuko ibyo bigatuma imitima yabo idakomeye yononekara.
Tandukanya rero :
– Hariho IBINDI (ibigirwamana)
– imana (ibigirwamana)
– Imana (Imana nyamana umuremyi wa byose).
Murakoze.
Yarakoze kwicuza ibyo yakoze, ninacyo imana idusaba. Ni bangahe bavuga ibyo ? Na yesu yaravugaga bakamwita umusazi. Hari ibyo yahishuriwe amaze gusobanukirwa.
Mureke dusenge imana by’ukuri, itwigishe, tumenye icyo idushakaho, tureke gushukwa niby’amadini. Ezra imana iguhe umugisha kandi ikomeze igukoreshe.
musenge cyane Imana ibayobore inzira yukuri kandi musome bibiliya
Mwaramutse neza.
Nimureke guteragana uyu musaza, amagambo arimore avuga arimore philosophy nyinshi, birasaba gutekereza neza kugirango usobanukirwe.
Mbabaze.. None se kubera iki atabarizwa muri ADPR, ANGLICAN cg EER etc...akabazo abarizwa mu ba Adventist b’umunsi was karindwi ??? Amagambo ye ku bijyanye n’amadini ntabwo aziguye. Tukareba neza usobanukirwe.
Murakoze
Bibiriya zimwe ,amadini menshi , mwumve uko abarya kashi bazirya ngo barahanura ,ushinze idini atabeshe ko ahanura ntiryabona abayoboke(clienT) reka twige ubusiramu wasanga ariho heza twibuza kuhamenya.
njye ndumiwe !!!ubwo novgutangaza iyo nkuru birimwo inyungu kuri Mpyisi.gusa nahinduke niba koko yicuza
Uyu musaza iminsi ye yarageze. Gusa Imana ntabwo izamworohera kuko ndabona yakorewemo na Satani kugira ngo abo yabwirije Bose abagushe bange Imana.
Uyu musaza iminsi ye yarageze. Gusa Imana ntabwo izamworohera kuko ndabona yakorewemo na Satani kugira ngo abo yabwirije Bose abagushe bange Imana.
yewe uyumusa ashaje nabi iziningaruka zibyaha ahubwo niwe mwambari washitani kuko ayikoreye igihecyinini gusa gusaza nugusahurwa imitugo Yarubanda yariye ayigarure ngonitaricyi yavutseho yara yihibye ubwo murumva uyumusaza atagiye kupfa nabi kandi gusa niyite kwiherezorye
yewe uyumusa ashaje nabi iziningaruka zibyaha ahubwo niwe mwambari washitani kuko ayikoreye igihecyinini gusa gusaza nugusahurwa imitugo Yarubanda yariye ayigarure ngonitaricyi yavutseho yara yihibye ubwo murumva uyumusaza atagiye kupfa nabi kandi gusa niyite kwiherezorye
ibyo avugan’ukuri nta dini ritagamije amafaranga wabona
ntakiri mpyisi asigaye ari bihehe ! aka ni akumiro koko ubwo se yabuze ibyo avuga yarangiza ngo narabeshyaga ! bamufunge ahubwo kuko yiyemerera ko ari umutekamutwe ! mu myandiko yose nasomye mu ishuri uyu niwo mbonye ko mpyisi yahenze ubwenge kandi yarahoraga ibeshywa na bakame !!
UWO MUSAZA NAWE IBYAVUGA BIHABANYE NIBYANDITSE MURI BIBLE ARAVUZE NGO IMANA NIMWE ARIKO BIBLE YO IRAVUGA ITI : NUBWO HARIHO IMANA NYISHI MWIJURU NO KWISI. ABAKOLINTO BA MBERE IGICE. 8 IMIRONGO YA 5,6,7
uyumusaza yabuze ahoyaturira amahano yakoze ahubwo ndumva Imana irikumugarahaza akivamo nibakoko akorera Imana ayoyariye nayagaruze uwomuteka mitwe izoningaruka zibyoyakoze
uyumusaza yabuze ahoyaturira amahano yakoze ahubwo ndumva Imana irikumugarahaza akivamo nibakoko akorera Imana ayoyariye nayagaruze uwomuteka mitwe izoningaruka zibyoyakoze


Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Turikumwe ntabeshya idini ntabwo ari ijuru harimo abapagani nabakora ibyo bazi bakunda Imana numutima wabo wose .Idini nyayo bavandimwe nukumenya christu ukamwiyegurira wese akagukoresha.