Wari wagerageje gusesengura ariko bimwe mubyo wavuze hajemo no kudasobanukirwa ! Cyane nk’ingingo ya 4 niya 6 gusa harimo n’ukuri mubindi wavuze n’iterabwobo,urwango,indonke etc.....
Soma Biblia yawe wowe wanditse iyi nkuru. Umenye indimi icyo Biblia izivugaho cyose cyane cyane ibyo Paulo azivigaho ureke kuba nkayanyoni igurukana umutanyu it umurima ndawumaze
Soma Biblia yawe wowe wanditse iyi nkuru. Umenye indimi icyo Biblia izivugaho cyose cyane cyane ibyo Paulo azivigaho ureke kuba nkayanyoni igurukana umutanyu it umurima ndawumaze
Uvuze ukuri rwose ubyirengagiza biramureba
Kweli harimo analysis koko wamaze kuvumbura ukuri kuri mumadini reka njye basobanukiwe kera ncanye kumaso
Claude:Reka kurwanirira idini yawe niba ari idini yemerwa n’Imana, Imana ubwayo izayirwanirira. Ntabwo urusha uwakuremye gukomera kuburyo Imana ikeneye ko uyunganira icyo yananiwe gukora. Kuba idini gatolika rikomoka ku ntumwa se ubwo ibyo byaba bihagije ngo biheshe iryo dini Ijuru ? Izo ntumwa se uvuga niba warize amateka y’Itorero ry’intumwa bishwe n’abande ? Petero wabambwe acuritse si Roma yamwishe ?
Ibi bintu ni ukuri 100%. Aba bantu ntibigisha ijambo ry’Imana, ahubwo bigisha ibituma abayoboke bagira ubwoba, cg ibibaha icyizere kidashingiye ku nyigisho za gikristo, kugira ngo amafrw abavemo. Inyigisho zishingiye ku bitangaza gusa ni za Satani. Inyigisho zishingiye kuri Biblia nizihindura imitima y’abantu, zigisha ubutumwa bwiza bw’ubwami bw’Imana nkuko byavuzwe na Yesu - Matayo 24:14. Ntaho Yesu yavuze ko inyigisho zarigushingira ku bitangaza n’icyacumi gusa.
Ariko nkuyu uvuga ngo abapadiri batera abadamu n’abakobwa amada muntebe ya Penetensiya ubu we bamaze kumutera zingahe ? kuki mukanwa kanyu ntakindi kibamo uretse amagambo yo gusebanya kdi kubintu mutahagazeho ? wababajwe n’uko mubyo wasomya utigeze wumva aho bavugamo Kiliziya gaturika ?
Impamvu n’uko Kiliziya ari imwe kdi itunganye ikomoka ku ntumwa.
mwe rero mwirirwa muteka imitwe ngo murashinga amadini ntimukababazwe n’uko ibyanyu bijya hanze .
niba uri n’umuyoboke w’izo ngirwamadini menya ko Kiliziya yo itajegajega ifite amahame igenderaho azwi kdi adahindagurika.
Yesu niwe nzira yukuri nubugingo kandi ntawe ujya kwa Data atamujyanye
Twahawe Ijambo ry’Imana Bibiliya yera, Mbere yogukora analysis zawe Ucira abantu Imanza wabanje ugasoma ibyanditwese ukayoborwa nijambo ryayo niba koko ubona abo ba Pateri yayobya.
uwitwa KUMIRO nawe gucira abantu Imanza ukunvako abashumba babayobya sibyiza ese ufite gihamyaki igaragazako arabateka mutwe ibyobakora badakoreshwa n’Imana ? Twirinde kwihutira kuvuga tugendeye kumaranga mutima yabantu, Nyamara usomye BIBILIYA Neza ibitangaza bakora byanditswe, ahubwo wowe impanvu uvugango nabateka mutwe bigaragarako udasoma Ijambo ry’Imana.
this is a reality hundred percent !
Uvuze ukuri rwose watekereje kure mumbabarire abantu mwumvise iyi nkuru nabi nti twavuze ko ari abarokore bose..... oya uyu munyamakuru yashatse gusobanura ibyateye muri kino gihe ariko njye mbibona nko gukora business.. kuko ntakindi bashaka ni cash !!!!uzarebe ko bashobora kujya kwigisha mucyaro. Bivuganira naba boss gusa lol..
Ariko noneho hari abanyumije basengera i igikondo ku wa 5 no 7 ngo bavuye iburundi birirwa bajya mumazu yabantu ngo barabasengera babakize imivumo yabakurambere babasizemo kandi ari nako babaka amafrw cy c barya ibyo bahasanze ubu bageze i huye naho bagiye kuhashinga urusengero kandi bo noneho babikora kungufu ngo nutajya murusengero rwabo uzapfa knd ntuzabona ijuru cy c bakakutwumvisha ko aribo bazi gusenga twe turi abanyabyaha nukuri wamuntu we watanze iyi nkuru umbaye kure kuko waratekereje ureba kure !!! Uri umuntu w’umugabo ppe
Well, nkurikije analysis y’uyu wanditse iyi nkuru, ko visa nk’aho ibyo avuga akekeranya yabuze nibura Umupasteur umwe baganira usobanukiwe n’ihyanditswe Byers ngo amuhe igishushanyo cy’itorero ry’ukuri uko rikora ? Nibyiza kubanza gukora research Ku byo ugiye kuvuga cyane iyo bireba ubuzima bw’abantu. Niba usenga cg uraguza simbizi ariko into mu matorero byo ndumva nta makuru y’ukuri ufite.
Wowe wanditse iyinkuru warengereye kabisa kuba harabiyita aba pasteur cg bishop bakabesha abantu ntibivuzeko bose aruko .harabahamagawe nImana byukuri kandi bavuga ukuri nkuko kuri muri bible rero muabanye ibyomuvuga ntabyo muzi ahubwo musabe Imana ibafungure amaso naho gucirimanza abakozibIMANA BUKURI murikururira umujinya wImana,haramatorero yImana byukuri nka Bethel church iherereye iremera,hari restauration,hari zion temple nizindi kumuntu ushaka kujya mwijuru bazagufasha kugerayo mukukwigisha.naho abyabahanuzi mubivemo.ubuhanuzi butabesha buri muri bible murakoze
nyarukira ku kacyiru kuwa kane ,kuwa gatandatu cga kucyumweru wirebere murupangu rufatanye nahahoze university of Kigali , aho bita kwa Pasteur damascene !
njye narumiwe , icya mbere nurupango rurimo insengero 3 zitandukanye kdi bose ngonabarokore , urwambere ukinjira twagiye kubafungira umuriro bamaze igihe kirenze umwaka bawiba !!!!
urwo ruyoborwa numugore
urwa 2 nurwuwitwa damascene we wagira ngo nimubarungi , abantu barahahora gusa ikibabaje nuko mpagera umukobwa yavuganye nundi kuri phone maze aramubwirango sinagiye gusenga sha nagiye kubwirwa ibyange uko bihagaze mwiyi minsi , aho kwa damascene nizu ntoya bakagira indangururamajwi zivuga cyane kuburyo uhasengera wese ntekerezako aba yasinze urusaku , iyobigeze igihe cyo gutura harumuntu ntekerezako ariwe bafatanije urusengero cga bavindimwe uhagarara iruhande rwagaseke watura ati IMANAigukijije impanuka yarigiye kukubaho ,
IMANA iguhaye urubyaro
IMANA iguhaye akazi
IMANA igukuriyeho gereza warugiye kujyamo
IMANA igukijije umugore wakurogaga . . . . . . .
mbese ntatandukaniro rye nomubarungi
hakaza urwa 3 bita kwa claude , narumiwe ! gusa afite byinshi ahuriyeho na damascene kuko uko basenze bose ningombwa barahanura
uko basenze ningombwa bakura abadayimoni mubantu uko basenze babwira aba Christo ibibariho mwiyo minsi . . . . . .
abashinzwe umutekano baho nabo niba baba barahawe iki ngo batabona ko abanyarda batekwa imitwe nabantu bifitiye inyungu zabo byaranyobeye,
niba harumuntu usomye iyinkuru afite uko yafasha abanyarda kubarinda abo batekamutwe azahagere arebe nawe maze agire icyo akora
UBUKIRISITU niyo ntwaro ikomeye ya neo-colonialism.
Uwanditse ibi afite ukuri 100%
Ibi nukuri nabwqbwira gusoma bibiliya mukayisobanukirwa mugapinga, abapasiteri ntibigisha bibiliya bigisha ibotekerezo byabo bwite byokuyobya gusa, baba buzuwemo nimbaraga za satani bakabeshyera Imana doreko yagowe, nugushishoza muri iyi minsi...reka mbahe urugero, mose womuri bible muramuzi, yayoboye ubwoko bwimana, ariko hari ahantu nahamwe yigeze yaka abantu amaturo cg nfo abasengere babone ibyo bifuza byose ?, yabuze kwemerwa nImana c, abo bisilayeli c bo Imana ntiyabemeraga, yesu ari kwisi hari amaturo yigeze yaka, yakizaga abantu kubuntu kandi mwijwi rituje..sugusakuriza abantu, nibyinshi....ingero zirahari zigaragaza ukuntu muri iyi minsi abantu barindsgiye
Birababajeko uwanditse ibi akeneyekwigishwa kukonamwe banyamakuru murwego rwoguha agaciro akazikanyu mugemuraba inkuruzumvikana koko uwavuzibi ntadini agira ntanigitabo yasomye kibyimana ahubwo yivugiye ukwabyumva ambabarirekuko ibyo wavuyeyose byuzuzemo ubujiji ntanumuco bifite
Gusa ibyabakora ibidahuye muba pastor barahari Ark ndaguhuguye uramenye ntukavuge ibyudasobanukiwe ware ngewe ye.
Bible". Jye navuga nti : "twe duharanire kumenya icyo Imana udushakaho dukosore abandi ariko tunirebaho. Ntidutegereze kumva ibyo abandi batubwira ahubwo natwe twisomere ibyanditswe byera nibyo bizadutunga kandi bikatuyobora murugendo. Icyo nizeracyo nuko nanyuma yabuno buzima buzima, hari ubundi buzima buzima Yohana 14:19. Duhore twiteguye ubwacu.
Uyumuntu Numuhangacyane Ibyavuga Arabizi Bigaragarako Amadiniyose Yayazengurutse Nabapfumu Akabazenguruka Urebye Ntacyo Wamunshinja Nababyumvise Nabi Ngirango Nibamwe Muboyavuze Arikobyose Nukuri Yewe Ibihe Tugezemo Ntagushidikanya Nibihebyanyuma Ijamboryimana Riravugango Muminsiyimperuka Hazaduka Abiyitirira Kirisito Babanyabinyoma Kandingo Satani Azakorana Nabo Ngobakore Ibitangaza Kugirango Bayobyebeshi Ndetse Nintore Nibabishoboka Ufite Akanya Kandi Wemera Bibiliya Yasoma Matayo24:1gukomeza.Nahacu Ngodushishoze Kandingo Uwibwirako Ahagaze Yirinde Atagwa.Imana Yonyine Idufashe Kumenya Abavuga Ukuri Ndetse Iduhishurire Idiniyukuri.Murakoze Imanidukomereze Mubuntubwayo.
anti Christ afite imbaraga tu, ariko amenye ko yatsinzwe kera.
Uwanditse biriya yakabije cyane kandi yashize isoni. Imana imubabarire rwose, ibyo atazi ajye abaza cg yicecekere. Mumumbarize muti ko ntacyo wemera nkurikije ibyo wavuze, ugira idini cg wibera muri abo bapfumu ?
Urakoze cyane kutwibutsa ibyo tubamo buri munsi ;iterabwoba riri mu madini rirarenze !ariko kandi tumaze kubamenya nta kuri bagira barashaka kuducucura utwacu,ni imburamukoro zirirwa zibunga nta cyo bakora bacunga urugo cyangwa umuntu ufite ikibazo bakakubeshya ukabaha amafaranga ngo bagusengere ibibazo byawe Imana ibikemure,kandi nawe ibibazo byubukene ubonako byamurenze !Uyu musomyi wacu numuhanga pe !azi kwitegereza,agasesengura ariko noneho basomyi mugerageze mudusesengurire ibiri kuboneka muri kiriziya gatolika kuko bo baba barize cyane ibyabo byo birarenze,abapadiri biciye abanyu mu kiriziya bari kujya kuri aritari ntagatifu,abakatiwe burundu kubera genocide bagiye gukorerwa yubile yo gushimirwa ko bihaye Imana !Simvuze abateramada abagore nabakobwa bagiye kubaha penetensiya !Ibi byo turabifata dute ?Mufungure urubuga abasomyi batubwire ni ba amadini koko akorera Imana.Murakoze.
We !!! Umaze Igihe Kingana Iki ? Ubtekerezaho,nshuti,nkuko Ubitangaje Niko Bimeze Ahubwo ! Urakoze Cyane.Kuko Abanyabwenge,barabasha Gusesengura. Noneho !!! Aho Biroroshye Uzaze Ibugande Urebe Ibitangaza !!! Nabo Ubwabo Barapingana, Barangana, Bafite Impeta !Bambara Bagakora Ibitangaza...ICYO KWIBAZA !Mumyaka Ishize Kontabitangaza Byabagaho,ntakwemera Kwabagaho ? Hano Buli Pasteur Akora Ibitangaza Biyita Intumwa.! Buli Umwe Arakiza,hano Hali Ba (GITWAZA) NKI BIHUMBI BITANU > UMVA REKA MBAREKE TUZONGERA GUSA URAKOZE.!< ISI YANYUMA> NIMBONA UMWANYA NDABABWIRA NIBINDI,BYINSHI.

Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
Uyu musomyi rero ntabwo ari uri ugusoma gusa ahubwo aranasobanura kuko ibi avuze ni ukuri kw’iteka ryose nawe se koko uzi gusanga pasiteri runaka yabakangishije Imana ukagira ngo ni Inyamanswa, ikindi birengagiza ko twese twahawe ububasha bwo kwigererayo twese twasenga Imana ikatwumva, gusa abapasiteri biki gihe bafite ubunararibonye mu gutinyisha Roho zabo bayoboye nawe se iyo pasiteri akubwiye ko utagomba kujya Impaka kw’ijambo ry’Imana akirengagiza ko yesu yakuriye mu rusengero mu rusengero abaza ibibazo bikomeye cyane abatambyi nk’uko tubisoma mu ivangile nyamara ntabwo byamubujije guhindura umucunguzi w’inyoko muntu yose imwizera abapasiteri b’ubu baca Imanza Bagendeye ku gifuniko kiri ku gitabo nkaho bagendeye kubicyanditemo
Ibaze gusanga umupasiteri ari kuvuga ngo ntugagendane nbo ni abapagani ukibaza ubundi icyazanye yesu ni ugushka abakiranutsi cyangwa n’abapagani nyamara ibyo babikora mu izina rya Yesu