uwezwa niyezwe kuko ntagisigaye ibyahanuwebyose mbona byarasohoye abo Imana yabivuze kera kizubugingo bwawe ubundi ureke abarwana barwne wirinde kugiricyo utahasi kuko agakiza karahenze ibuka ukowahamagawe nturebe kubandi wibukeko ntawuzajyana nundi mwibuke kera Imana niyo yimikaga nonubu murabona aho bigeze byarangiye mbibutseko itorero twarangaye ntitwabera maso umurimo iyomwijuru irengere umugeni wayo ntazanduzwe nisi amen
gusa nabo sibo kuko imana itakwemera ako kavuyo rwose mwitege dawidi asinbure sawuli murakoze
Erega na Yesu yaravuzwe birarangira ntamvura idahita museme mudacoka gs irorero ryImana riracyahagaze naho amarembo yIkuzimu yazikuka ntiyarishobora kuko ryubatse Yesu
Erega na Yesu yaravuzwe birarangira ntamvura idahita museme mudacoka gs irorero ryImana riracyahagaze naho amarembo yIkuzimu yazikuka ntiyarishobora kuko ryubatse Yesu
iyo urebye ibyanditswe byera usanga ntaho titre ya monseigneur igaragara, icyo nzi ni uko hariho 5 ministere christo yadusigiye : Apotre, evangeliste, pasteur, prophete, Docteur mu ijambo ry’imana. Ibindi byo ni ibyubahiro by’isi. Ikindi kandi, ADEPR, ni icyapa kituyobora kujya mu ijuru selon l’ordre dans l’eglise. Selon l’ordre de l’eglise : Itorero ry’Imana rirera kandi nta kiziga cyangwa umukanyari rifite nyiraryo aribereye maso. Amen
iyo urebye ibyanditswe byera usanga ntaho titre ya monseigneur igaragara, icyo nzi ni uko hariho 5 ministere christo yadusigiye : Apotre, evangeliste, pasteur, prophete, Docteur mu ijambo ry’imana. Ibindi byo ni ibyubahiro by’isi. Ikindi kandi, ADEPR, ni icyapa kituyobora kujya mu ijuru selon l’ordre dans l’eglise. Selon l’ordre de l’eglise : Itorero ry’Imana rirera kandi nta kiziga cyangwa umukanyari rifite nyiraryo aribereye maso. Amen
Oya nta kubaseka, birababaje cyane. Uru ni urwuri rubereyeho kurishamo ubushyo bw’Imana, none umwanzi shitani ararubibamo urumamfu, arangiza , araca intege, arandagaza abamunyagaga,abakoza isoni, arica, ariba niko kazi ke. Gusa muhumure Kristu ni muzima, mureke kwirwanirira dutabaze umushumba mukuru nyir’ubushyo, uko yahoze niko ari none n’iteka, ntazabura kurengera intama ze ku gihe gikwiye. Musengere cyane abagaragaraho ibyo byose mwanditse aha, kuko si bo, baratewe. Ngo ntawe umwiringira ngo akorwe n’isoni.
Kudakorwa n’isoni si ukuba utarigeze ucumura na rimwe (sinzi niba bibaho), ahubwo ni uguhinduka bibaye byiza vuba , ukava mu mwijima ukajya mu rumuri rwa Kristu, ugahamya ibirindiro ufashijwe na Roho wa Nyagasani. Abo bavandimwe nabo ntibabyanze, ariko bararwaye. Ababonye iyi nkuru twese, dusengere dushikamye aba bana b’Imana. Iyi minsi, shitani irakora nk’ifite ubuzima gatozi, aragerageza no kuyobya intore z’Imana, ariko Nyagasani Imana yacu igira inzira nyinshi.
Nasomye ibitekerezo byanyu abenshi mwababajwe nibibera muri adepr numvise namwe ubwanyu mufite ubuhamya bwiyo mwahagazeho bitaramagambo nizereko ntakosa mushinja iki kinyamkuru kuko kubika ibanga byananiye adepr kd ntabwo watwika inzu mazengo uhishe umwotsi
mubyukuri ubundi adepr nayihozemo kd usibyubungubu umubi satan yigaruriye itorero nemerako itorero ryigeze kugira ubuzima bwiza nigitinyiro cy"Imana. ariko nkuko mubizi ubuyobe bwagaragaye mu 2000 ubwo imyizerere yahindukaga hakaza ibyo kunywesha# udukombe kd binyuranye naa bibiriya. ibyo ubwabyo byakabaye byaraberetseko icyari itorero kibaye idini nukuri kandi kuki mutareba kure dusohoka muri adepr 2000 mwatwise abayobe abavangiwe ndetse muradufungisha muradukubitisha mudusenyera nurusengero ibyo bibi byose adepr yaribyihishe inyuma igamije kugarura abari basohotse navugako intego yo kugarura abantu murubwo buryo yagezweho. ariko kd ntabapfira gushira hari abihanganiye murubwo butayu barakubitwa barafungwa ariko nuyumunsi baracyavuga imirimo nibitangaza. Imana yadukuyeho igisuzuguriro kuko twanze imyizerere ipfuye yari yadutse muri adepr ntabwo dushimishwa nukumva ibibi biera muri adepr rwose ariko nanone byibuze mwagakwiye kumenya impamvu twasohotse ko zumvikana kd mugasaba Imana imbabazi kubwimanza mwaduciriye nibitutsi mwadututse nibibi abayobozi banyu badukoreye icyakora twarabababariye agakiza mwataye twarakitoraguriye muzadusure mwibutswe byabihe biza itorero ryahoranye ritaravangirwa . ariko disi ntimwabyemera kuko murabasirimu ntimwabana nabatega ibitambaro (abaturage) munyire mwirembo rifuganye beneda muzageza ryali guhera murungabangabo koko ?
Nasomye ibitekerezo byanyu abenshi mwababajwe nibibera muri adepr numvise namwe ubwanyu mufite ubuhamya bwiyo mwahagazeho bitaramagambo nizereko ntakosa mushinja iki kinyamkuru kuko kubika ibanga byananiye adepr kd ntabwo watwika inzu mazengo uhishe umwotsi
mubyukuri ubundi adepr nayihozemo kd usibyubungubu umubi satan yigaruriye itorero nemerako itorero ryigeze kugira ubuzima bwiza nigitinyiro cy"Imana. ariko nkuko mubizi ubuyobe bwagaragaye mu 2000 ubwo imyizerere yahindukaga hakaza ibyo kunywesha# udukombe kd binyuranye naa bibiriya. ibyo ubwabyo byakabaye byaraberetseko icyari itorero kibaye idini nukuri kandi kuki mutareba kure dusohoka muri adepr 2000 mwatwise abayobe abavangiwe ndetse muradufungisha muradukubitisha mudusenyera nurusengero ibyo bibi byose adepr yaribyihishe inyuma igamije kugarura abari basohotse navugako intego yo kugarura abantu murubwo buryo yagezweho. ariko kd ntabapfira gushira hari abihanganiye murubwo butayu barakubitwa barafungwa ariko nuyumunsi baracyavuga imirimo nibitangaza. Imana yadukuyeho igisuzuguriro kuko twanze imyizerere ipfuye yari yadutse muri adepr ntabwo dushimishwa nukumva ibibi biera muri adepr rwose ariko nanone byibuze mwagakwiye kumenya impamvu twasohotse ko zumvikana kd mugasaba Imana imbabazi kubwimanza mwaduciriye nibitutsi mwadututse nibibi abayobozi banyu badukoreye icyakora twarabababariye agakiza mwataye twarakitoraguriye muzadusure mwibutswe byabihe biza itorero ryahoranye ritaravangirwa . ariko disi ntimwabyemera kuko murabasirimu ntimwabana nabatega ibitambaro (abaturage) munyire mwirembo rifuganye beneda muzageza ryali guhera murungabangabo koko ?
Bene data nugusenga ntakindi twibuke ko satani arwanya umurimo w’IMANA.ikigihugu himitswemo ubusambanyi,ubwicanyi,ubujura,ubwibone,kwikubira,kurenganya...nibindi niyompa tugomba gusenga ubudasiba.murakoze
Benedata, ubu bwoko bw’abadayimoni bateye amadini muri iki gihe batsindwa gusa no gusiba no gusenga. Kwirirwa twimena, twitotombera Sibomana na Rwagasana nta kindi bizatumarira uretse kuducumuza gusa. Ahubwo abanihishwa n’ibibera mu buyobozi bwa ADEPR nimuze twerekeze iy’ ubutayu, dusabe Umwami waryo aze arirengere. Jye nizera ndashidikanya ko Umwami wacu byose abibona kandi ko umunsi yabishatse imizi isharira izarandurwa muri ADEPR igatwikwa, igashya igakongoka. Uko biri kose abera b’itorero bahora bari maso basaba Umwami waryo ngo aze arirengere,arikureho igisuzuguriro cya Satani. Kandi rero andi matorero yiduseka, kuko uyu mudayimoni wateye mu buyobozi bwa ADEPR yitwa Simbikangwa ! N’ahandi ntibukikera ahubwo ni uko Nyir’umutwe munini ari we ugaragara.
Mwabavandimwe mwe ndifuza ko buri muntu murwe ruhande yakabaye akomeza icyo yamenye kko iby’ADEPR byo mubyukuri nibindi bindi,Umuvandiwe John yabivuzeho gato mubyukuri niba mwibuka neza mwibuke igihe haje agakombe haje rwaserera cyane mwitorero gsa ntibyatumye abatu bacika intige cyane, nibi ntibiduce intige kko sibije nonaha ahahubwo n’ibyahozeho kuva kera.habeho gusenga Imana kugirango haboneka umuti wibi bintu.
Mwabavandimwe mwe ndifuza ko buri muntu murwe ruhande yakabaye akomeza icyo yamenye kko iby’ADEPR byo mubyukuri nibindi bindi,Umuvandiwe John yabivuzeho gato mubyukuri niba mwibuka neza mwibuke igihe haje agakombe haje rwaserera cyane mwitorero gsa ntibyatumye abatu bacika intige cyane, nibi ntibiduce intige kko sibije nonaha ahahubwo n’ibyahozeho kuva kera.habeho gusenga Imana kugirango haboneka umuti wibi bintu.
Icyo nzi ni uko uwejejwe azakomeza kwezwa. Kandi umugeni nawe arahari azaritaha. Niba musoma bibiriya ubuyobozi bwahozeho kandi habonekaga abakora ibyaha yaba abayobozi cga abayoborwa. Burya umujura ajya kwiba aho ubukungu buri. Nta gitangaza kirimo ahubwo dusengere itorero
Uyu munyamakuru yabihereye hafi. Byatangiye 1997 ubwo uwitwa MUNONOKA André yatangizaga amavugurura ngo hari ubwoko bwari bwararyamiwe mu buyobozi...Ndibuka icyo gihe ibikorwa byo kwica inzugi z’insengero na Biro,kubohoza cachet,gufungisha bamwe ku karengane,kugambanirana byatumye muri Kigali bava mu nsengero bahungira GIHOGWE...Leta irahaguruka iti : "Reconciliation"...BARAVANGA. Ariko ibyuma ntibyafatana n’ibumba nka cya gishushanyo cya Nebukadineza. Gato gusa 2001 cya kivange kiti ;’AGAKOMBE’ birasenyuka muribuka Rubonobono na Kibagabaga ya MAJYAMBERE...Na n’ubu urwishe ya nka...indwara yabuze umuti.MWE MUSHYIRAHO COMMENTS ZISHIMA MUKONGERAHO N’IMIRONGO YA BIBILIA NTA MAKURU MUFITE...Ntimugafunge amaso imbere y’ikibi ukuruwe n’inyungu. UBUTAHA NZABAHA ICYANDITSWE
Bavandimwe mushishoze murebe neza ibihe turimo ni ibyanyuma
ngaho umuntu arigisha abantu ko bagomba kugira ubumwe bakiyunga bikaba ikibazo ku idini
ese barashaka ko yigisha abantu ko ukugiriye nabi ugomba kwiyishyurira ? none aba bavugako Yesu byose yabirangije kumusara ngo abantu bagomba gukora ibyaha uko bashatse ibyo byanditse he muri bible mu mategeko 10 y’Imana ibyo hari aho mubisanga ?igihe kirageze ngo dushishoze kuko satani ntakihishira asigaye akora kumugaragaro akoresha ingaboze(antikristo)buri wese nakomeze ibyo afite satani atabimunyaga
ibya adepr byo ni agahomamunwa icyo bagamije imbere ni amafaranga naho agakiza ko nta mwanya gafite(abayobozi ba adepr)
Ubundi iyo umuntu akuvuga buri gihe aba agutinya mu by’icyubahiro. Duhumure Nyirumurimo naza azahemba abamukoreye. Tuzakomeza dukizwe kdi muri ADEPR twahahuriye n’Umungeri utazimiza intama. Nkaho ahatari intambara nuko ahari nta butunzi Satani akeneye kuhiba
Ubundi iyo umuntu akuvuga buri gihe aba agutinya mu by’icyubahiro. Duhumure Nyirumurimo naza azahemba abamukoreye. Tuzakomeza dukizwe kdi muri ADEPR twahahuriye n’Umungeri utazimiza intama. Nkaho ahatari intambara nuko ahari nta butunzi Satani akeneye kuhiba
ngo kiliziya nimwe boseki ? ko nta dini narimwe rizabura umugeni ntanirizabura abazahunga amaso y’uwiteka so nimukomerezahho adpr, ntayandiyose ashaka indonye zomwisi.bizabatera icyaka
Mwebwe muravuga ibyoharinabiyambuye imikandara barwana inkundura nubundi bapfa ubuyobozi adepr yambere niyu biratandukanye cyane abubu nabishakira inyungu gusa aho utabonye umwanya yifuza ashingirye dini uruko ubwosibwo bukristo
Uwabageza iwacu aho aba Pasteur babasaza bafite imyaka hejuru ya 60 bafatirwa mumashyamba basambana nabana bimyaka 19 or 20 !!! umuzimu wabaterereje gusambana we arakaze kbsa
Genda ADEPR uri ubukombe mumatiku
Gusa adepr mugeze aho umwanzi yashakaga ubundi kugira abayobozi babi n’ibindi bigenda mwagiye mushishoza mwebwe nyamara muzagirwaho urubanza na nyirumurimo.nta soni !!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!mukomerezaho
Gusa adepr mugeze aho umwanzi yashakaga ubundi kugira abayobozi babi n’ibindi bigenda mwagiye mushishoza mwebwe nyamara muzagirwaho urubanza na nyirumurimo.nta soni !!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!mukomerezaho
Bavandi Reka Mbabwire Uwahamagawe N’ Imana Azakomeza Gukomera Ariko Uwaje Yuriye Inkike Azatagangara Nta mutaru Azaca,gusa Bibiliya Ivuga Gutya" Abanjye Muzabamenyera Ku Mbuto Bera" Ubwo Rero Ba Bishop Barabe Bumva Ko Batari Kuragira Neza Izo Bashinzwe
Abasenga ni dusenge tugeze muri byabihe bibi Paul (Pawuro) yavuze ariko ntimugire ubwoba UWITEKA IMANA ari kumwe natwe dukomeze tube abakristo twere imbuto zikwiriye abihannye dusenge cyane ibindi IMANA izabikora.
Ntimuajye mwibanda kuri ADEPR gusa mujye muacukumbura mutubwire andi madini,njye ndabona ibyo Atari ikintu cyatuma yirwa yandikwa nkaho urigereranije nandi madini wasanga ariryo ryari rikwiye kwirirwa mu itangazamakuru !!ubundi amata aguyemo agatotsi niyo kana gato utagafatisha nintoki karagaragara ariko ntikaruta isazi yaba yaguye mu nzoga nubundi ugasanga bakomeje kuyinywa !!!!!nibwo byose byaba ari umwanda !!ariko ibibi birarutana !ADEPR IMANA irikumwe nawe.
ko uravuga ko itorero Imana yashinze RYA kera ryarimo adamu Eva gahini na abeli gahini akica aberi ,ko utavuga intumwa 12 ko imwe yagambaniye Yesu kugeza yishwe ubwo ushyize ku ijana urumva Koko aho bakoze ibibi cyane ari abahe ?ndumva wareka kuba umukristo kuko byakugora kubona itorero waburamo icyaha nawe wigenzuye wabyibonamo yewe niyi nyandiko yawe yagushinja ubuse kuba bishop cg intumwa ntabwo uziko biri muri bible nk’impano Kristo atanga kimwe no kuba abahanuzi cg abigisha
Mana birababaje koko tugeze mubihe byanyumape !!ubwose imbuto barimo kutwereka nizihe ?nkitorero ryubakiye kumwuka wera ntihyaribikwiye pe !!!%gus ’Imana nidutabare.igihe kirageze kd kirasohoye ngabasenga data mukuri no mu mwuka abaribo bamusenga.,per urimo kutubabazaaaaaa twumva ibikuvugwaho.
Muvandi ; Ijambo rimbwira ko Urufatiro rukomeye rw’Imana rugihagaze,rwnditseho ikimenyetso ngo"Uwiteka azi abe.
Kiliziya ni imwe itunganye Gatolika kandi ikomoka ku Ntumwa !
Yewe ndumva bikaze ba Bishop nibahindure rero banadefirize twambare namapantalo kuko byo ntanicyaha kirimo twisubirire mwidini ryababyeyi !Kuko nubundi babaye nkabandi !Bishop na Apotre hahahaaaaaaaaaaa


Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
uwezwa niyezwe kuko ntagisigaye ibyahanuwebyose mbona byarasohoye abo Imana yabivuze kera kizubugingo bwawe ubundi ureke abarwana barwne wirinde kugiricyo utahasi kuko agakiza karahenze ibuka ukowahamagawe nturebe kubandi wibukeko ntawuzajyana nundi mwibuke kera Imana niyo yimikaga nonubu murabona aho bigeze byarangiye mbibutseko itorero twarangaye ntitwabera maso umurimo iyomwijuru irengere umugeni wayo ntazanduzwe nisi amen