AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax

Perezida Kagame yahagaritse Shema Maboko wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo

Perezida Kagame yahagaritse Shema Maboko wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo
17-09-2022 saa 05:10' | By Habineza Gabriel | Yasomwe n'abantu 1780 | Ibitekerezo

Perezida Paul Kagame yahagaritse Shema Maboko Didier wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo.

Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa Gatanu, rigira riti "None ku wa 16 Nzeri 2022, Bwana Didier Shema Maboko yahagaritswe ku mwanya w’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri ya Siporo (MINISPORTS)."

Ni itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, mu izina rya Perezida Kagame.

Ntabwo impamvu zatumye Maboko ahagarikwa zatangajwe nk’uko bimaze iminsi bigenda ku bandi bayobozi bakurwa mu mirimo.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA