AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Ibitero bya Grenades mu nkambi y’impunzi z’Abanyarwanda

Ibitero bya Grenades mu nkambi y’impunzi z’Abanyarwanda
16-12-2022 saa 05:17' | By Habineza Gabriel | Yasomwe n'abantu 2225 | Ibitekerezo

Mu nkambi y’impuzi z’abanyarwanda n’Abarundi ya Dzaleka, mu karere ka Dowa ibarizwa muri Malawi abatari bake baturikanywe n’amagerenade yatewe n’abagizi ba nabi.

Umuvugizi wa Polisi ya Dowa Gladson M’bumpha yemeje aya makuru, avuga ko abakomeretse bajyanywe kwa Muganga , mu bitaro by’akarere ka Dowa bakaba ubu bari kwitabwaho.

Nk’uko uyu mupolisi abitangaza ngo aba polisi bari gukora ibishoboka byose kugira ngo bamenye inkomoko y’bi bitero.

Mu minsi ishize muri iyi nkambi habaye imvururu z’amoko hagati y’abahutu n’abatutsi, ibintu byahitanye abatari bake.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA