Kuri uyu wa Kane tariki 10 Ugushyingo 2022, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda , Paul Kagame ashingiye ku Itegeko Nshinga ry’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane mu Ngingo yaryo y’116 , yagize bwana Musabyimana Jean Claude, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu.
Ni umwanya asimbuyeho , Gatabazi Jean Marie Vianne wawugiyeho mu tariki 15 Werurwe 2021.