AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Ibitero bya FARDC na FDLR ku birindiro bya M23 byiswe gushungera !

Ibitero bya FARDC na FDLR ku birindiro bya  M23 byiswe gushungera !
31-08-2022 saa 13:34' | By Habineza Gabriel | Yasomwe n'abantu 3236 | Ibitekerezo

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Maj Willy Ngoma, avuga ko mu rugamba bamaze iminsi na FARDC na FDLR bameze nk’ababa baje kubashungera kuko ntacyo bakora uretse guhita bakizwa n’amaguru.

Mu Kiganiro yagiranye na Rwandatribune dukesha iyi nkuru , Maj Willy Ngoma Umuvugi wa M23 mu bya gisirikare, yabajijwe ku bitero FARDC iheruka kubagabaho mu mpera z’Icyumweru gishize ku birindiro bayo biherereye mu gace ka Bikenke na Nkokwe muri Teritwari ya Rutshuru, asubiza ko FARDC ifatanyije na FDLR babagabyeho ibyo bitero koko, ariko ko byari nkaho bari baje gushungera ibirindiro byabo kuko bahise bakizwa n’Amaguru ntacyo babashije gukora.

Yagize ati “mu bitero baheruka kutugabaho FARDC n’Abafatanyabikorwa bayo FDLR ni nkaho bari baje gushungera ibirindiro byacu kuko ntacyo bakoze usibye guhita bakizwa n’Amaguru bagasubira iyo baturutse.”

Yemeje ko muri Ibi Bitero nta Murwanyi n’umwe wa M23 wahasize ubuzima.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA