AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Congo yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda

Congo  yashyize hanze intwaro izifashisha mu gutera u Rwanda
4-11-2022 saa 08:02' | By Habineza Gabriel | Yasomwe n'abantu 9484 | Ibitekerezo

Nyuma yo gutangaza ko biteguye gutera u Rwanda, aho gukomeza kurwanya inyeshyamba za M23 zifashwa narwo, noneho bashyize hanze intwaro zikomeye bazifashisha mu gutera ikigihugu.

Intwaro zigaragiwe n’indege z’intambara, zirimo izo baherutse gukura mu gihugu cy’Uburusiya ubwo Minisitiri w’ingabo muri DRC yakoreraga yo uruzinduko rw’akazi.

Iki gihugu cyakunze kumvikana cyikoma u Rwanda ngo nirwo rufasha inyeshyamba za M23 nyamara narwo rukabihakana, ahubwo rugashinja DRC gukorana na FDLR umutwe w’iterabwoba urwanya Leta y’u Rwanda.

Ubushotoranyi bwakomeje kubaho kubaturage bo muri DRC kuko bakunze kugaragaza batwika amafoto, ndetse n’ibirango by’igihugu cy’u Rwanda mu myigaragambyo, yagiye iba mubihe bitandukanye.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA