arko ubwo Wenda yakwitesha uyu mwana.namuhekenye nzamuburanira
oya wema sepetu nagende ibyo byo kwirirwa yihoma kubyamamare natuvire kumwana nubwo bugeso bwe kandi yaranarangije kubakae kandi haruna nawe aziheshe agaciro nkumunyarwanda
oya wema sepetu nagende ibyo byo kwirirwa yihoma kubyamamare natuvire kumwana nubwo bugeso bwe kandi yaranarangije kubakae kandi haruna nawe aziheshe agaciro nkumunyarwanda
haruna yakinnye no kwa budoni kukabatwa na ba mawazo naba kigame
niyiheshe agaciro kuko Niko abanyarwanda dutozwa na nyakubahwa.
niyiheshe agaciro kuko Niko abanyarwanda dutozwa na nyakubahwa.
abanyarwanda twihesha agaciro ntampamvu yo kutuvogerera umusore wacu
Abagira inkwi barya ibihiye ubwo rugiye kwambikana hari ikindi gisigaye c ni mukundane
Abagira inkwi barya ibihiye ubwo rugiye kwambikana hari ikindi gisigaye c ni mukundane
Niba amukunda ajyamufana gusa,nkuko abandibamufana,amenyeko yarangije gushinga urugo.
Haruna muzamutubwirire ko ahari agomba kwihesha agaciro ko atajyanywe no gukundana nibyomanzi kuko igihugu kiracyamucyeneye ndetse numuryango we



Ibibanza byiza bigurishwa mu Bugesera
Isambu nini cyane i Nyamata kugiciro gito
Ikibanza cyiza kinini i Nyamata kugiciro cyiza
Ibibanza byiza bihendutse mu Bugesera miliyoni 6
Inzu nziza Kimironko igurishwa kuri macye
Ibaruwa ifunguye Joriji Baneti yandikiye Rucagu Boniface
Ibaruwa Joriji Baneti yanditse ashima byimazeyo Nzamwita Vincent De Gaule
Ibaruwa Joriji Baneti yandikiye Minisitiri w’Urubyiruko na ICT asaba kujyanwa Iwawa
Ese ni inde Nyirabayazana w’isenyuka ry’ingo rimaze gufata indi ntera muri iki gihe ?
Inkuru isekeje wabona nk’urwenya ariko irimo amasomo akomeye cyane
Ibyiza byo gukundana n’umukunzi uba kure yawe
Izi nizo mpamvu nyamukuru zituma umusore mumaze gusambana atongera kuguha agaciro
reka reka ibi se nibiki ariko sepetu yarasaze ? natuvire kumwana atanavaho amwicira icyerekezo. kid uyu musore nawe niyiheshe agaciro