Ku mbuga nkoranyambaga hadutse ikiswe #10yearschallenge aho ibyamamare biri kugaragaza amafoto abiri iyo muri 2009- niyo muri 2019 kugira ngo ababikurikira ku mbuga nkoranyambaga by’ umwihariko instagram barebe aho bavuye n’ aho bageze.
Abitabiriye iyi Challenge barimo abahanzi, Abanyamideli n’ abanyamakuru. Ifoto iteye amatsiko cyane ni iy’ umunyamideli Mbabazi Chadia wamamaye nka Shaddyboo kuko nubwo ubu ari umunyamideli w’ icyamamare mu Rwanda akaba n’ umubyeyi w’ abana babiri ifoto ye avuga ko ari iyo mu myaka 10 ishize imugaragaza nk’ akana gato k’ imyaka 9.
Brue Melody
Mugisha Benjamin The Ben
Muyombo Thomas , Tom Close
Umuhanzi Christopher
Abanyamideli
Zari wahoze akundana na Diamond Plutnumz
Mbabazi Chadia, Shaddyboo
Abanyamakuru
Aissa Cyiza , umunyamakuru wakoreye amaradiyo atandukanye yo mu Rwanda
Innocent Muvunyi, nawe ni umunyamakuru wakoreye amaradiyo atandukanye ndetse yanakoreye RoyalTV itarafunga imiryango
Umunyamakuru Basile Uwimana
Abandi
Miss Vanessa Raïssa Uwase wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga 2015
Biravugwa ko iyi #Challenge yaba yaratangiriye muri Amerika mu bahanzi barimo n’ uyu NickMinaj