AMAKURU

UKWEZI
Canal+ desk

Mu mafoto : Imitegurire idasanzwe y’ahagiye kubera igikorwa cyo gutora Nyampinga w’u Rwanda

Mu mafoto : Imitegurire idasanzwe y’ahagiye kubera igikorwa cyo gutora Nyampinga w’u Rwanda
24-02-2018 saa 17:55' | By Akayezu Jean de Dieu | Yasomwe n'abantu 2549 | Ibitekerezo

Uyu mugoroba wo kuwa Gatandatu tariki 24 Gashyantare 2018, Muri Kigali Convention Center hagiye kubera umuhango wo gutoranya Nyampinga w’u Rwanda 2018. Kuri ubu imyiteguro y’ahagiye kubera iki gikorwa yamaze kurangira aho igitegerejwe ari isaha nyamukuru.

Nyampinga w’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2018 aratoranywa mu bakobwa 20 batoranyijwe mu Ntara zose n’Umujyi wa Kigali, bakaba bamaze ibyumeru bibiri I Nyamata muri La Parisse Hotel mu mwiherero, aho bahererwaga amasomo atandukanye harimo agaruka ku muco, gukunda igihugu, ubumenyi rusange n’ibindi.

Benshi baturutse imihanda yose baje gushyigikira ababo ndetse hari na bamwe mu baje kwihera amaso uko iki gikorwa kiraza kuba kigenda.

Aha niho abaje gushyigikira ba Nyampinga babo ndetse n’abaje gukurikira igikorwa bateguriwe kwicara

Abantu batangiye kugera aho igikorwa kiri kubera

Aya ni amakanzu ba Nyampinga baratambuka bambaye

Abafata kucyo kunywa nabo basubijwe baraza kuba bameze neza

Aba bari kugaragaza uwo bashyigikiye ndetse n’ibyo azageza ku Banarwanda naramuka abaye Nyampinga w’u Rwanda

AMAFOTO : Mugabo Paccy


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA