Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 9 Ukuboza 2016, umukobwa w’umunyarwandakazi uzi cyane kubyina injyana z’igihinde, yemeje abahinde bavuye mu byabo bakabyinana nawe, nyuma ibyishimo yabateye bituma bamuha amafaranga menshi.
Ibi byabereye mu gace ka Nyabugogo, mu kabari kagezweho kazwi nka Top Chef, ahakunze kubera ibikorwa bitandukanye by’imyidagaduro cyane cyane mu masaha y’ijoro.
Ubwo uyu munyarwandakazi yatangiraga kubyina indirimbo z’igihinde, abahinde bagiye bamusanga ku rubyiniro bakabyinana izi ndirimbo maze bashimishwa n’uburyo azi kubyiza iz’iwabo, niko kugenda bamuha amafaranga.
REBA HANO VIDEO Y’UKO BYARI BYIFASHE :