AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax

Patient Bizimana yakoze ubukwe aririmbira umugore we bombi baririmbirwa na Gaby Kamanzi (AMAFOTO)

Patient Bizimana yakoze ubukwe aririmbira umugore we bombi baririmbirwa na Gaby Kamanzi (AMAFOTO)
20-12-2021 saa 08:00' | By Editor | Yasomwe n'abantu 1235 | Ibitekerezo

Umuhanzi w’Indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Patient Bizimana yasezeranye n’umukunzi we Karamira Uwera Gentille baririmbirwa n’abahanzi banyuranye barimo Gaby Kamanzi.

Uyu muhango wo gusezerana imbere y’Imana wabereye mu rusengero rwa Evangelical Restoration Church (ERC) i Masoro aho basezeranyijwe n’umugore wa Apôtre Ndagijimana Joshua Masasu , Pasiteri Lydia Masasu.

Mu bahazni baririmbye muri ubu bukwe, barimo Gaby Kamanzi na Simon Kabera mu gihe Patient Bizimana na we yaririmbiye umugeni we.

Umuhano wo gusezerana wabimburiwe n’indi mihango yo gusaba no gukwa yabaye mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru yabereye muri Romantic Garden ku Gisozi mu Mujyi wa Kigali.

Photos : Igihe

UKWEZI.RW


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA