Ni hatari kabisa gusa mu rubyiruko ibi abenshi bitubaho ariko icyambere ni uko iyo uwo wakundaga agukatiye ushaka ukuntu wabyakira kd ukumwa ko atari we kampara uzabona undi unamurengeje ubwiza. ok thx!
nanje nakunze umukobwa narwara ntaze kundaba.mugab nkomeye agashaka ko ndamuba hafi.nimungire inama nokora
Mwe ntimubizi urukundo ruba rumwe njye nirinze gukundana ngize imyaka22 nibwo nakunze umusore nawe ambwira ko yankunze mbere ubundi ndaryoherwa nurukundo ariko nyuma yumwaka nibwo yahindutse gusa ntiyabimbwira namuhamagara ntayifate,SMS ntazisubize gutyo gutyo ngerageza kumwivanamo biranganga ukwezi kugqshira nkongera nkagerageza akansubiza akambwira ko akinkunda nkongera nkamukunda kugeza ubwo nafashe icyemezo ntakuka nkunda undi wankunze dukora ubukwe bwiza amezi10 arashize ariko ejo bundi nararyamye ndota wawundi twasubiye murukundo ndiyumanganya nsenga Imana ngo izamumvanemo ubuziraherezo kuko mfite urugo rwiza mbana numugabo unkunda ndenda no kumubyarira imfura yacu twembi.
Mwe ntimubizi urukundo ruba rumwe njye nirinze gukundana ngize imyaka22 nibwo nakunze umusore nawe ambwira ko yankunze mbere ubundi ndaryoherwa nurukundo ariko nyuma yumwaka nibwo yahindutse gusa ntiyabimbwira namuhamagara ntayifate,SMS ntazisubize gutyo gutyo ngerageza kumwivanamo biranganga ukwezi kugqshira nkongera nkagerageza akansubiza akambwira ko akinkunda nkongera nkamukunda kugeza ubwo nafashe icyemezo ntakuka nkunda undi wankunze dukora ubukwe bwiza amezi10 arashize ariko ejo bundi nararyamye ndota wawundi twasubiye murukundo ndiyumanganya nsenga Imana ngo izamumvanemo ubuziraherezo kuko mfite urugo rwiza mbana numugabo unkunda ndenda no kumubyarira imfura yacu twembi.
Mwe ntimubizi urukundo ruba rumwe njye nirinze gukundana ngize imyaka22 nibwo nakunze umusore nawe ambwira ko yankunze mbere ubundi ndaryoherwa nurukundo ariko nyuma yumwaka nibwo yahindutse gusa ntiyabimbwira namuhamagara ntayifate,SMS ntazisubize gutyo gutyo ngerageza kumwivanamo biranganga ukwezi kugqshira nkongera nkagerageza akansubiza akambwira ko akinkunda nkongera nkamukunda kugeza ubwo nafashe icyemezo ntakuka nkunda undi wankunze dukora ubukwe bwiza amezi10 arashize ariko ejo bundi nararyamye ndota wawundi twasubiye murukundo ndiyumanganya nsenga Imana ngo izamumvanemo ubuziraherezo kuko mfite urugo rwiza mbana numugabo unkunda ndenda no kumubyarira imfura yacu twembi.
Mwe ntimubizi urukundo ruba rumwe njye nirinze gukundana ngize imyaka22 nibwo nakunze umusore nawe ambwira ko yankunze mbere ubundi ndaryoherwa nurukundo ariko nyuma yumwaka nibwo yahindutse gusa ntiyabimbwira namuhamagara ntayifate,SMS ntazisubize gutyo gutyo ngerageza kumwivanamo biranganga ukwezi kugqshira nkongera nkagerageza akansubiza akambwira ko akinkunda nkongera nkamukunda kugeza ubwo nafashe icyemezo ntakuka nkunda undi wankunze dukora ubukwe bwiza amezi10 arashize ariko ejo bundi nararyamye ndota wawundi twasubiye murukundo ndiyumanganya nsenga Imana ngo izamumvanemo ubuziraherezo kuko mfite urugo rwiza mbana numugabo unkunda ndenda no kumubyarira imfura yacu twembi.
Mwe ntimubizi urukundo ruba rumwe njye nirinze gukundana ngize imyaka22 nibwo nakunze umusore nawe ambwira ko yankunze mbere ubundi ndaryoherwa nurukundo ariko nyuma yumwaka nibwo yahindutse gusa ntiyabimbwira namuhamagara ntayifate,SMS ntazisubize gutyo gutyo ngerageza kumwivanamo biranganga ukwezi kugqshira nkongera nkagerageza akansubiza akambwira ko akinkunda nkongera nkamukunda kugeza ubwo nafashe icyemezo ntakuka nkunda undi wankunze dukora ubukwe bwiza amezi10 arashize ariko ejo bundi nararyamye ndota wawundi twasubiye murukundo ndiyumanganya nsenga Imana ngo izamumvanemo ubuziraherezo kuko mfite urugo rwiza mbana numugabo unkunda ndenda no kumubyarira imfura yacu twembi.
Mwe ntimubizi urukundo ruba rumwe njye nirinze gukundana ngize imyaka22 nibwo nakunze umusore nawe ambwira ko yankunze mbere ubundi ndaryoherwa nurukundo ariko nyuma yumwaka nibwo yahindutse gusa ntiyabimbwira namuhamagara ntayifate,SMS ntazisubize gutyo gutyo ngerageza kumwivanamo biranganga ukwezi kugqshira nkongera nkagerageza akansubiza akambwira ko akinkunda nkongera nkamukunda kugeza ubwo nafashe icyemezo ntakuka nkunda undi wankunze dukora ubukwe bwiza amezi10 arashize ariko ejo bundi nararyamye ndota wawundi twasubiye murukundo ndiyumanganya nsenga Imana ngo izamumvanemo ubuziraherezo kuko mfite urugo rwiza mbana numugabo unkunda ndenda no kumubyarira imfura yacu twembi.
Mwe ntimubizi urukundo ruba rumwe njye nirinze gukundana ngize imyaka22 nibwo nakunze umusore nawe ambwira ko yankunze mbere ubundi ndaryoherwa nurukundo ariko nyuma yumwaka nibwo yahindutse gusa ntiyabimbwira namuhamagara ntayifate,SMS ntazisubize gutyo gutyo ngerageza kumwivanamo biranganga ukwezi kugqshira nkongera nkagerageza akansubiza akambwira ko akinkunda nkongera nkamukunda kugeza ubwo nafashe icyemezo ntakuka nkunda undi wankunze dukora ubukwe bwiza amezi10 arashize ariko ejo bundi nararyamye ndota wawundi twasubiye murukundo ndiyumanganya nsenga Imana ngo izamumvanemo ubuziraherezo kuko mfite urugo rwiza mbana numugabo unkunda ndenda no kumubyarira imfura yacu twembi.
turashimye kwivyo mwigishatu umuntu wes nabona murukundo vyanze ntazarakar agezekure imana niyo itangumufashya
Gukunda ugakundwa namahirwe kuri ikigihe iyo umwe muri mwe agukunze ntakindi agendeyeho. Thx kunama zanyu
umukobwa nakwanga uzamureke agende! iyo umweretseko ariwe buzima bwawebwose bituma yumvako atariho ntahowaba uri.menyako mubuzima umuntu abura ababyeyi ariko atabura incuti!!
mwe muravuga jye umukobwa yankatiye tuvuye mumurenge kko yambeshyaga tukiva mumurenge umusore bigeze gukunda yaramuhamagaye ngoyumva agatima kamugarukiye , ubwo yahise atoroka ajyakuba ahandi hantu hatazwi nyuma aho tumubonzye imiryango yaramwicaje ayibwirako atashobora kwikuramo uwomuhungu wambere, kdi ubwo namukunze ntitayeko yariyanranabyariye iwabo kdi umwana utarinuwuwo muhungu avuga wambere gsa nyuma yubwo buhemu yankoreye ubu nuwo muhungu ntibagikundana kdi najye nabonyundi muknzi mwiza pe kdi akimara kunyanga numvaga nanakwiyahura arko ubu numca nguwe neza kuruta icyihe
murakoze cyane kunama mutugira ziratwubaka cyane
inkundo zubu nizamafaranga ukundana numunu aziko ufite akazi yakumva ko wirukanwe akagukatira vubaba. nugira amahirwe ugakundwa uzakunde.
inkundo zubu nizamafaranga ukundana numunu aziko ufite akazi yakumva ko wirukanwe akagukatira vubaba. nugira amahirwe ugakundwa uzakunde.
Gusa uyumuntu wavuzeko imana ibayaraduteguriye abacu batubereye arashimishije kko nibyo kubyikuramo ntibiba byoroshye arko buriya imana ibayarebye future yanyu ikabona ntibyavamo abobyanze mwese muhumure muzabona abanyu
Umva ,murakoze rwose kutugira inama nk’izi.
Urukundo Rwubu Rwabaye cash iyo ukunze umukobwa ntumuhe icyo yifuza kigange namafaranga urukundo mwarimufitanye ruhita rupfa Abakobwa Bubu Nibiryabarezi!
murakoze kunama mutugira kuko ziratubaka cyane tukamenya icyogukora
Yemwe bavandimwe bene data ndagirango mbwire ko abakundana bagonba kujya birinda inkundo zuteganya kwangirizanya nkuko babituguraho inama. Ndagirango mbabwireko bakunze umukobwa imyaka 3 yose angaragariza ko ankunda, Ark atankunda ahubwo agamije kunjya utwange nanjye mubera ibamba. Abibonye tyo anca amazi kuko atankundaga nubundi. Namwe basore namwe bakobwa mube menjye murukundo. Murako cyane.
Yemwe bavandimwe bene data ndagirango mbwire ko abakundana bagonba kujya birinda inkundo zuteganya kwangirizanya nkuko babituguraho inama. Ndagirango mbabwireko bakunze umukobwa imyaka 3 yose angaragariza ko ankunda, Ark atankunda ahubwo agamije kunjya utwange nanjye mubera ibamba. Abibonye tyo anca amazi kuko atankundaga nubundi. Namwe basore namwe bakobwa mube menjye murukundo. Murako cyane.
Abana. Umukunzi
Abana. Umukunzi
Abantu kenshi bagira ubujiji bwo kumva ko niba abakunzi babo batandukanye ubuzima burangiriyaho ariko ntabwo buba burangiye mujye mwihangana kuko buriya akenshi haribyo Imana iba ibona utazashobora kwihanganira kuri we ngo ubishobore rero njya numva ko harabiyahuye,abagiye kubarogesha ibyo nubupagani bakobwa ni mwiringire Imana ifite abasore benshi cyane kandi beza kandi namwe basore nimukomere IMANA ifite abakobwa benshi yaremye kandi beza buriya iba ikibategurira aba bakunda kandi bazabanyura mukabana mu mahoro kandi akaramata
Abantu kenshi bagira ubujiji bwo kumva ko niba abakunzi babo batandukanye ubuzima burangiriyaho ariko ntabwo buba burangiye mujye mwihangana kuko buriya akenshi haribyo Imana iba ibona utazashobora kwihanganira kuri we ngo ubishobore rero njya numva ko harabiyahuye,abagiye kubarogesha ibyo nubupagani bakobwa ni mwiringire Imana ifite abasore benshi cyane kandi beza kandi namwe basore nimukomere IMANA ifite abakobwa benshi yaremye kandi beza buriya iba ikibategurira aba bakunda kandi bazabanyura mukabana mu mahoro kandi akaramata
nshuti bavandimwe ndabashimiye cyane kubwinama nziza muduhaye nanjye nakundanye numukobwa imyaka itatu mugihe ntangiye kumubaza ibicyanye nubukwe atangira kunca amazi akanga kunyerurira ko Afite undi bamaze kwemeranwa nawe nawe ibyubukwe ariko nkeka ko ibyo byose yabiterwaga nibyo yansabaga nkabimuha cyane amafranga nanjye inama natanga uzagendere kure yumukobwa cg Umuhungu ukubwirako akiga cg agishaka amafranga cg atarabitekereza neza cg agiye kubanza gukora iki Niki murakoze kumfasha kumwikuramo byari byarananiye ariko ubu ndorohewe ppp
Ingingo ya 5 ndayikunze
kongerageza gusac urukundo bakanca amazi
Murakoze kuri izi Nama nziza mudahwema kutugira
Murakoze cyane kunama nziza mutugira ziratwubaka cyane.