Nyuma y’uko abantu batandukanye bakozwe ku mutima n’ubuzima aba bantu babayemo, abatari bacye bakomeje gushaka ko hashyirwaho umuyoboro wakusanyirizwamo inkunga yo kubafasha mu by’ibanze, hanyuma hagakomeza n’ubuvugizi ngo bazabone ubufasha mu by’ubuvuzi.
Ni muri urwo rwego hashyizweho urubuga rwa Whatsapp rwagiyemo buri wese ushaka kugira icyo afasha uko cyaba kingana kose, kugirango n’uburyo iyo nkunga izakusanywa bube buri mu mucyo usesuye kuri buri wese kuzageza ishyikirijwe abayigenewe. Mu bitekerezo bahuje ari nako bakusanya amafaranga, icyambere cyakozwe ni ukuzana Eugene na Bernard i Kigali aho bakiriwe n’umuryango wemeye kubitaho mu gihe bategereje kwivuza hanyuma bakazasubira i Kirehe aho Eugene we azajya kwitegura umuhango wo gusezerana mu rusengero n’umugore we Claudine.
Bakigera i Kigali, bishimiye cyane uko bakiriwe ndetse n’uburyo abantu batandukanye biyemeje kubaba hafi mu burwayi n’ubuzima bubi babayemo. Bashimiye buri wese witanze banamusabira umugisha ku bw’ineza n’urukundo yatumye bongera kugira icyizere cy’ubuzima.
Imana ni nziza ibihe byose !!!! Munshyire muri groupe nanjye 256781167901
AngeKuya 3-10-2020
Iyo group umuntu yayimenya ate ?
Munyemana seleman Kuya 3-10-2020
Munshire muri groupe watsapp yogufasha ababa ba vandimwe
JosueKuya 3-10-2020
Nanjye munshyire muri iyo grp
My number 265881227497
FrankKuya 2-10-2020
Munshyiremo nange muli grp haricyo nafasha aba benedata 0783201943
FrankKuya 2-10-2020
Munshyiremo nange muli grp haricyo nafasha aba benedata 0783201943
Nyiramwiza sifaKuya 2-10-2020
Numero zanjye nizi 0785608994 mumfashe ninshire muriyo grp nanjye dusangire umugisha wo ugufasha bavandi mwe gukora,murakoze
Nyiramwiza sifaKuya 2-10-2020
Numero zanjye nizi 0785608994 mumfashe ninshire muriyo grp nanjye dusangire umugisha wo ugufasha bavandi mwe gukora,murakoze
Kamilazi Kuya 2-10-2020
Nange ndasaba ko mwashira muri groupe yugufasha abao bantu.
Marembo chantalKuya 1er-10-2020
Mwansira Muri group tukagabana umugisha
Nteziryayo AugustinKuya 1er-10-2020
abantu baifite umutima barahari nukuri Imana ijye ibaha umugisha kandi namwe mwarakoze kubakorera ubuvugizi number yajye ya what app ni 0788839349 najye munshire muri groupe
Munyemana seleman Kuya 30-09-2020
Munshire muri groupe watsapp yogufasha ababa ba vandimwe
Nsabiye umugisha mwinshi cyane Claudine,Imana izamuhe ijuru kbsa .Nange iyo group ndifuza kuyibamo ngafatanya n’abavandimwe.