Uyu si wa mupasiteri wasebeje Kiliziya Gatolika ngo abihaye Imana bakora ubusambanyi ra ? Ahubwo se ko mbona we yarangije gutwarwa n’iby’ibitsina ubu aba avuga iki ? Shitani izajya ibagaragaza
Abagabo bagira irari. Umuti ni ukuborohereza bakagira abagore barenze umwe bemewe n’amategeko.
ubu se iki gitsina basengeye uburyohe umugabo nakihata umugore ashobora kuzamurega ihohotera rishingiye ku gitsina bagatandukana . njye numva Pasiteri yari kuzana ibitsina byombi akabisengera byose hamwe bikaryohera ku rugero rungana bikazahura bifite ingufu n’uburyohe bingana nta guharurara no guhararukana. ni agashya
Ndumva ntakibazo rwose kirimo kuko nibisanzwe peeeee ahubwo nanjye azansengere kuko nkunda gukora sex cne sinzi icyabinteye kndi ntibyambagaho mbere
Ntakidasanzwe Bishop yakoze, kuko yavuze ibyangombwa. kd igitsina n’ urugingo nk’ izindi. kd Imana niyo yakiremye.
Bishop komerezaho !!!!!!!!!
Hahahahaaa ! irisengesho ntiribaho pe ! izina rya Yesu ryaragowe,gutongera umugabo igitsina cy’umugore we ngw’azagikunde cyane ntibisanzwe ! ndumva uyumugabo afite akazi katazamworohera.
Nonese ikibazo nikihe ? hari ahatemewe gussengerwa ??
Nonese ikibazo nikihe ? hari ahatemewe gussengerwa ??
Nukuri uwo mubyeyi ashobora kuba yarari mwiyerekwa .kko abagabo bikigihe bahararukwa vuba abobashakanye kndi biterwa nirari kubagabo.niba rero yaramusengeye muriburiya buryo ntagikuba cyacits
Nukuri uwo mubyeyi ashobora kuba yarari mwiyerekwa .kko abagabo bikigihe bahararukwa vuba abobashakanye kndi biterwa nirari kubagabo.niba rero yaramusengeye muriburiya buryo ntagikuba cyacits
Umugabo azakunade igitsina cyangwa azakunde umugore we ? Aka ni akumiro.
Uyu mugore se ko akunda ibitsina cyane ? Yabivuzeho abandi ariko ndabona ariwe wari ukwiye kwivuga.
Ikindi afite imitongero nk’iy’abapfumu. N’imiti buriya yayitanga uko mubona