Yezu ati utarakora icyaha namutere ibuye. nabo bamubujije gushyingirwa nabanyabyaha ijana kwijana..barabizi ko Ari abafarisayo
umva ikibabaje namafaranga yasohotse mutegura ubukwe naho kuba mutarashyingiwe nubundi ibyo bintu ni imihango yidini icyangombwa ni ukwandikwa mubitabo by’Irangamimerere kandi mwarabikoze wibuke ko na Mariya na Yozefu bagiye kwiyandikisha ibyo rero mwarabikoze ntihagire numwe ubacira urubanza
Ariko murasetsa cyane rwose , none se ubwo iyo baba barasambanye inshuro zose bashaka ariko ntatwite ntimwari kubasezeranya, icyaha ni ugutwiata cg ni ugusambana! muzashake rero uko muzajya mupima abasambanye bose ntimubsezeranye!!
Ubundi se Uyu mugabo ko avuga ko yakomeye ku mugore, nkaho atari we wamuteye Inda? Ikindi ko muzi amategeko y’insengero z’abarokore kuki mutavuze ukuri ko umugore atwite. Nimuceceke aho, mwakoreye Satani mujya Gusambana mwa nkozizibibi mwe, none nimwakire ibihembo bibakwiye. None uratinyuka ngo ikosa itorero ryakoze ni ukutamuhumuriza? rimuhumuriza se niryo ryamusamvanyije cg ryamutumye Gusambana?
Rekeraho musore washutswe n’umwanzi urangije usahaka kubihisha none utamajwe ku munota wanyuma? Wakoraga ibyo byose, ugashora amafaranga angana atyo kandi uzirikana ibyo wakoze?? Wagomabaga kubanza kwihana ukatura icyaha cyawe nyuma ukabona gutegura ubukwe. naho ubundi ibyo uriguhura nabyo ni ingaruka y’ibyo mwakoze!!!
abanyamadini barasaze
Sha ihangane warikuba ikibwa iyo umureka ngwaratwite abandi babuzabana nawugizamahirwe niyushaka warigusezerana nundi mupasteur wakozububwa bwokwigunga nashatse number yawe ngongufashe nsanga wayikuyeho imihango yarigukomeza ubukwe bukaba ntakibazo tungumugorewawe isezerano ryambere niryababiri tuzamwakira vuba
Ariko se ko baba baramaze kwishyingira kuki baba bagishaka kurambikwaho ibiganza n’abashumba kdi bicariye icyaha kibi bakoze kdi Imana yanga urunuka!
Imana ntibeshywa buriya ,ushobora gusezerana ubyita umugisha kdi uri gukuramo umuvumo,ntago icyaha gihabwa umugisha
ibyo byamatorero aba abihiriza abantu ko batarareka guturisha ngo bavuge ko amaturo ajya mumifuka yabo bakayita ayIMANA nkaho arinkene ark bakamenya ibyinda ngo bigire beza amadini numurunga wubujij
INKURU NTIHUYE NA GATO N’UMUTWE WAYO. JYE NUMVA WAVUGA KO UBUKWE BWAPFUYE ARI UKO UMWE YIHAKANYE UNDI, AKAMUKATIRA. UBWO NTAWANZE UNDI BAGENDE BIRYAMIRE BAZASEZERANA NYUMA.
Icya ngombwa nuko ubu babana nk’umugore n’umugabo.Gusa kuryamana mbere yuko mitera igikumwe,ni ICYAHA imbere y’Imana.Naho kujya mu Kiriziya,si ngombwa.Gusezerana imbere ya Padiri cyangwa Pastor,ntitukavuge ngo ni "imbere y’imana".Bible ivuga ko Imana itaba mu nsengero z’abantu nkuko Ibyakozwe 17:24 havuga.Dukurikije Bible,gusezerana mu nsengero ntabwo ari itegeko ry’imana.Icyo imana idusaba gusa ni ukujya “Kwiyandikisha" imbere y’ubutegetsi.Urugero, Maliya na Yozefu bagiye "kwiyandikisha" imbere y’ubutegetsi bw’I Bethlehem nkuko tubisoma muli Luka 2:5. Abantu bonyine Imana yasezeranyije,ni Adamu na Eva gusa.Kandi ntabwo yabasezeranyije mu Rusengero.
Muli Bible,nta hantu tubona Abakristu bo muli ISRAEL bagiye gusezerana mu rusengero.Ikibabaje cyane nuko abanyamadini b’iki gihe bakoresha iyi mihango bishakira ifaranga.Barihisha ubukwe,abapfuye,ndetse basigaye barihisha na toilets zabo.Nubwo Yesu yasize adusabye “gukorera Imana ku buntu†nkuko tubisanga muli Matayo 10:8,Abakuru b’amadini bafata umushahara buri kwezi.Nyamara nabo bakora Business zisanzwe nkatwe twese.
Ihangane utunge umugore wa we,kuko ushobora no gusezerana ukabura urubyaro ,nubwo tutashyigikira kwiha (avence)ariko umuntu yajya areba mbere,kko mubiri gutanya ingo, ntibyaburamo kuta byara.
Rekeraho sha,
Wakoreye so Satani araguhemba
Vakuri ADEPR
Wamusamvanyiwe.
Yezu ati utarakora icyaha namutere ibuye. nabo bamubujije gushyingirwa nabanyabyaha ijana kwijana..barabizi ko Ari abafarisayo