Ruswa ntiyacikarwose kayonzayo twarashize mumyubakire mugutanga girinka uhageze wese ngo abagiye darifurulu da
Ruswa ntiyacikarwose kayonzayo twarashize mumyubakire mugutanga girinka uhageze wese ngo abagiye darifurulu da
Ruswa ntiyacikarwose kayonzayo twarashize mumyubakire mugutanga girinka uhageze wese ngo abagiye darifurulu da
muraho ,
njye ndisabira ko mwaha uburenganzira abakwa Ruswa kujya batanga amakuru ariko ntibahanwe kuko ndababwiza ukuri Ruswa ntishobora gucika mugihe abo yagaragayeho bombi bahanwa , urumva ko ntawatangira undi amakuru kuko nawe aba yikingira , uretseko Ruswa ituma wenda uwayitanze abona wenda icyo yifuzaga , ariko umubajije nyuma yakubwira ko yayitanze atishimye rwose , ahubwo nyine aba yayatswe kandi cyane , ikindi mutange uburenganzira mugutanga amakuru hifashishijwe tel kuko mbere yo kuyitanga habanza kuvugana kumatel cyane kugeza itanzwe , RIB yarikwiye guhabwa ubwo burenganzira kuburyo uri kwakwa ruswa yajya amenyesha RIB hanyuma Rib igakurikirana numero zuko bagenda bavugana kugeza aho wawundi uyishaka acakiwe ndabarahiye bizahita Ruswa nimubigenza gutya izaba amateka ! Nongereko Ruswa itangwa habanje kubaho kuganira , RIB itahure abo bantu kandi inorohereze uzayiha message cg kuri gushaka ruswa kuko aba amutitiriza kuri Tel ! murakoze
Hhhhh. Yewe ruswa yateye agatebe iricara. Ntaho mubeshye rwose.
Namwe muraducanga mutubwirako Ruswa yacitse none NGO Rubabavu na... nizo ziyoboye ubwo rero twemereko ruswa itacitse
yeweeeee narinziko rubavu ariyambere abaturage baho baragowe abayobozi binzego zibanze barya ruswa kumugaragaro muzasure abatuye mumudugudu wa kanembwe baragowe gusakara ibati riva nugutanga ruswa meya azahagere abaganirize jye barayinyatse mucyumweru gishize abahagarariye isibo mbabwira ko bambwira icyo nyatangiye bagira ubwoba kuko ntuye kgli ibaze koko
Rubavu hari Ruswa iteye ubwoba, muzarebe ko bajya bashyira imyanya yimirimo ku isoko usanga abantu babashyiramo ukibaza uko bagezemo bikakuyobera ! hahagurikirwe units y’ibutaro bya Gisenyi hamwe units ya Sante
Njyewe byaranyobeye kbsa hano Rubavu wagirango ni muri Congo, gutanga offre akazi kagatangwa ntakizamini kibaye,
Kugirango uzabone ibyangombwa by’ubutaka ntakintu utanze ni ibibazo
Ruswa yuzuye igihuvu cyose. Mutabare hakiri kare rwose. Biteye isoni kandi birababaje kunona abantu birirwa baririmba ngo bararwanya ruswa ariko ...
Uwakwereka muri Rusizi ni agahomamunwa