AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax

Uwambajemariya wari meya wa Burera yagizwe gitifu w’ Intara y’ Iburengerazuba

Uwambajemariya wari meya wa Burera yagizwe gitifu w’ Intara y’ Iburengerazuba
6-11-2019 saa 11:11' | By Nsanzimana Ernest | Yasomwe n'abantu 3850 | Ibitekerezo

Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Edouard Ngirente yagize Uwambajemariya Florence wari Umuyobozi w’ akarere ka Burera , Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Intara y’ Iburengerazuba.

Uwambajemariya w’ imyaka 46 yari umuyobozi w’akarere ka Burera, Mbere yuko atorerwa kuyobora aka karere yari asanzwe ari umuyobozi wungirije wako karere ushinzwe imibereho myiza y’abaturage.

Afite impamyabushobozi y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza (Masters) mu iterambere (Developments).

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Intara niwe muyobozi ugwa mu ntege guverineri w’ intara.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA