Mu by’ukuri iki kibazo cyakabaye kigwa neza kuko cyatejwe n’imitekerereze ya Capitalism ikabije, aho ibintu bya benshi byorohera guhabwa umuntu umwe, mu nyurabwenge ntabwo byakabaye aribyo, rubanda nibo bakagize priorité kurenza umuntu umwe (kubera ko yifite) ; byizweho neza rero aba bahabwa ingurane maze n’uwo ugirwa nyakubahwa kubwo atunze agahabwa ibyo yaharaniye, ariko guhatira umuntu gutakaza bimwe mubyo yari atunze ni ukwica amategeko nkana ku mitungo y’umuntu yakabaye ntavogerwa, kuko ntawigeze yanga kuhava ahubwo uko yahavanwa nibyo birengera mu mategeko.
Iki ni kimwe mu bimenyetso by’uburyo Capitalism ikabije itadukwiriye pe !
Mbanje kubasuhuza. Hari ibintu 3 nshaka kuvuga kuri iyi nkuru : 1) abantu baprofise icyuho cg intege nke z’amategeko (gap or weakness in the regulations ) batura mu buryo bunyuranije n’amategeko. 2) abo bantu bafite uburenganzira ntayegayezwa ku mutungo wabo. 3) Bitanyuranyije n’ ingingo ya 2, hagomba kubungwabungwa inyungu rusange ( public interest) . Umwanzuro : nihabungwabungwe inyungu rusange ariko ntawe uhutajwe. Abo bantu nibahabwe ingurane ikwiye imitungo yabo, berekeze aho bashaka kuko itegeko nshinga twitoreye, nk’ uko ryavuguruwe kugeza ubu, riha uburenganzira buri munyarwanda gutura aho ashatse hose mu gihugu.
Mbanje kubasuhuza. Hari ibintu 3 nshaka kuvuga kuri iyi nkuru : 1) abantu baprofise icyuho cg intege nke z’amategeko (gap or weakness in the regulations ) batura mu buryo bunyuranije n’amategeko. 2) abo bantu bafite uburenganzira ntayegayezwa ku mutungo wabo. 3) Bitanyuranyije n’ ingingo ya 2, hagomba kubungwabungwa inyungu rusange ( public interest) . Umwanzuro : nihabungwabungwe inyungu rusange ariko ntawe uhutajwe. Abo bantu nibahabwe ingurane ikwiye imitungo yabo, berekeze aho bashaka kuko itegeko nshinga twitoreye, nk’ uko ryavuguruwe kugeza ubu, riha uburenganzira buri munyarwanda gutura aho ashatse hose mu gihugu.
Uyu mu mama ufite teinture yabajije ikibz cyiza cy’akabariro gusa urebeye inyuma kiranaryoshye pee😋😋😋
Koko biteye ikibazo umuryango wose uri mu cyumba kimwe.
Bitumye nibaza nte ese ubundi babigenzaga bate ko nubundi utuzu two muri Bannyahe natwo twari duto.
Muraho ariko iyi mishinga iba yizwe neza koko ....si byiza gutura mu kajagari si na byiza gutura mu gishanga....ariko na none umuntu ufite amazu akodesha hagomba kwigwa uburyo ari bubeho niyimurwa ...Ku uburyo inyungu zose zubahirizwa kuki leta ifite inyungu mu kuba umuturage atuye neza anabayeho neza numuturage nawe abifitemo inyungu rero ibiganiro ni ngombwa
Muraho ariko iyi mishinga iba yizwe neza koko ....si byiza gutura mu kajagari si na byiza gutura mu gishanga....ariko na none umuntu ufite amazu akodesha hagomba kwigwa uburyo ari bubeho niyimurwa ...Ku uburyo inyungu zose zubahirizwa kuki leta ifite inyungu mu kuba umuturage atuye neza anabayeho neza numuturage nawe abifitemo inyungu rero ibiganiro ni ngombwa
Nabonye ahantu Ingabire Marie Immaculée yaruciye akarumira.Ubundi ibintu nk’ibi ntajya imbizi na byo.
Ariko ibi bintu byo kwimura abaturage bitizweho neza, bigira ingaruka ku buzima bw’imiryango. Byongera inzererezi n’indaya,Murebe izodusigaye dufite uko zingana ! kuko baba bakeneye amaramuko, kandi aho bakuraga hafashwe na Leta ikabanaha intica ntikize y’amafaranga cga akazu gato nk’ako batagira ikikabatungiramo, mu gihe hari uwari afite utuzu akodesha tumwinjiriza. Birakwiye ko abimurwa bahabwa agaciro nyako k’imitungo yabo, cga ikibafasha kubona aho bahera ubuzima bushya nta kubogamira ku nyungu za Leta gusa, nkaho abaturage atari ab’Igihugu.