AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abasirikare bakuru [AMAFOTO]

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abasirikare bakuru [AMAFOTO]
6-02-2019 saa 16:09' | By Nsanzimana Ernest | Yasomwe n'abantu 3746 | Ibitekerezo

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame, akaba n’Umugaba Mukuru w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yahuye n’abasirikare bakuru 1000, mu ishuri rikuru rya gisirikare riherereye I Gako mu karere ka Bugesera bagirana ibiganiro.

Perezida Kagame asanzwe ahura n’abasirikare bakuru bakaganira ku birebana n’umutekano n’ubusugire by’igihugu.

Mu mwaka ushize, mu kwezi kwa Kane, Perezida Kagame yahuye n’abasirikare bakuru, mu nama nkuru ya gisirikare. Biteganywa ko Perezida abonana n’abasirikare bakuru byibura rimwe mu mwaka nk’umugaba mukuru w’ikirenga.

Umwaka ushize ari i Gabiro Perezida Kagame yari yambaye impuzankano y’abasirikare bashinzwe umutekano w’umukuru w’igihugu. Ubu yari yambaye uw’ingabo z’u Rwanda muri rusange.


INKURU ZA :
Tanga Igitekerezo
Ibitekerezo
IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA