Uwo muntu utwara imodoka yasinze amategeko amukurikirane pe .ahitanye Ange wacu umwana warukiri muto twarakoranye kuri blus coffe yarapfuye imyaka itarenze 21.Imana imwakire mubayo.
Mushiki wacu waguye muriyo mpanuka
Afire iruhuko ridashira
Aruhukire kumahoro
Imana imwakire mubayo
Mushiki wacu waguye muriyo mpanuka
Afire iruhuko ridashira
Aruhukire kumahoro
Imana imwakire mubayo
Mushiki wacu waguye muriyo mpanuka
Afire iruhuko ridashira
Aruhukire kumahoro
Imana imwakire mubayo
Ibyo bya paradizo ubuzana nibiki kweli? Warebye ibyahuri ibindi ukabirekera benebyo
Imana yakire abo bagonzwe!
Mbega inkuru ibabaje.Amagare kandi amaze kuba menshi cyane mu mujyi.Cyane cyane mu Gasata na Kabeza.Usanga biteye ubwoba,ku buryo iyo hiyongereho motos,imodoka zigenda gahoro zigengesereye.Leta igomba kwagura imihanda.Abasinzi nibamenye ko batazaba muli paradizo nkuko 1 Abakorinto 6:9,10 havuga.
Abafatwa batwaye kandi basinze, mujye mubambura permis , bagafungwa kuko ntaho bataniye nabicanyi. Bafungurwa bakayikorera bundi bushya. Nguko ino Hollande bigenda
Ni umukoro mpaye Min Evode uwizeyimana.