AMAKURU

UKWEZI
Canal+ christmax
Imyidagaduro
Nyuma y’amezi 2 Platini yasubiye muri Nigeria, noneho aragenzwa niki ? Nyuma y’amezi 2 Platini yasubiye muri Nigeria, noneho aragenzwa niki ?

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 04 Ukwakira 2021, Platini usigaye yitwa P. yuriye...

Aho yaciye…:Kim Kardashian na Kanye West baba basubiye mu kibatsi cy’urukundo mu ibanga ? Aho yaciye…:Kim Kardashian na Kanye West baba basubiye mu kibatsi cy’urukundo mu ibanga ?

Urugo rwa Kanye West na Kim Kardashian rwatangiye kuvugwamo umwuka mubi Mu ntangiriro za 2021...

AMAFOTO : Ibyishimo bya Miss Muyango wavuze ko imfura ye na Kimenyi imwizihira bihebuje AMAFOTO : Ibyishimo bya Miss Muyango wavuze ko imfura ye na Kimenyi imwizihira bihebuje

Mu butumwa yanyujije kuri Instagram, Miss Muyango yagaragaje ko yizihira kuba ubu ari umubyeyi...

Urukundo ntirupimirwa mu mafoto dushyira kuri Instagram- Yverry asubiza abibaza niba yaratandukanye n’umukunzi Urukundo ntirupimirwa mu mafoto dushyira kuri Instagram- Yverry asubiza abibaza niba yaratandukanye n’umukunzi

Yverry n’umukunzi we Vanessa baherutse gukora ibyatunguye benshi ubwo buri umwe yasibaga amafoto...

Umuririmbyi Prosper Nkomezi mu mashimwe menshi nyuma yo kurokoka impanuka ikomeye

Mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze buherekejwe n’ifoto igaragaza imiterere...

Messengers Singers izasendereza abantu ibyishimo mu gitaramo nyuma y’igikundiro cyagaragarijwe indirimbo yabo Messengers Singers izasendereza abantu ibyishimo mu gitaramo nyuma y’igikundiro cyagaragarijwe indirimbo yabo

Umuyobozi wa Messengers Singers, Ishimwe Emile, yavuze ko indirimbo Urahambaye yakiriwe neza...

AMAFOTO : Irebere uburanga n’Ikimero ndyoherajisho bya Kelia uzarara ejo ari Muka-Lague AMAFOTO : Irebere uburanga n’Ikimero ndyoherajisho bya Kelia uzarara ejo ari Muka-Lague

Aba bombi ntibigeze bahisha iby’urukundo rwabo dore ko buri umwe yakundaga gushyira amafoto...

Abashakanye benda gutandukana Clarisse Karasira yabakoreye indirimbo ibibutsa umunyenga w’urukundo basangiye bakirambagizanya Abashakanye benda gutandukana Clarisse Karasira yabakoreye indirimbo ibibutsa umunyenga w’urukundo basangiye bakirambagizanya

Ni indirimbo yasohokanye n’amashusho ikubiyemo ubutumwa bugamije kubaka ingo zibasiwe n’ibibazo...

Umuhanzikazi ukomeye mu Rwanda yagizwe Gitifu w’Akagari Umuhanzikazi ukomeye mu Rwanda yagizwe Gitifu w’Akagari

Uyu muhanzikazi ukunze kugaragara mu bikorwa bya Politiki nko mu kwamamaza abakandida ba...

Shaddyboo ati “Rurema azantuza mu Bwami bwe”, Umufana ati “Ningusangayo nzahita nigarukira"

Yabitangaje mu butumwa yanyujije kuri Twitter, aho yasaga nk’uwishongora ku bantu ko baba...

Warakoze kumpera agaciro ubuzima-Akari ku mutima w’Umunyamakuru Miss Joannah wambitswe impeta Warakoze kumpera agaciro ubuzima-Akari ku mutima w’Umunyamakuru Miss Joannah wambitswe impeta

Uyu munyamakurukazi kuri Kiss FM, yambitswe impeta na Murinzi Michel bamaze igihe bakundana mu...

Ykee Benda ukomeye muri Uganda yaje gusangira weekend n’Umunyarwandakazi Shazz wafungishije ba DavisD Ykee Benda ukomeye muri Uganda yaje gusangira weekend n’Umunyarwandakazi Shazz wafungishije ba DavisD

Mu cyumweru gishize ni bwo inkuru yasakaye ko uriya muhanzi Ykee Benda ari mu rukundo na Shazz...

Mu birori binogeye ijisho Mico The Best yakoze ubukwe bwatashywe n’ibyamamare birimo Ndimbati Mu birori binogeye ijisho Mico The Best yakoze ubukwe bwatashywe n’ibyamamare birimo Ndimbati

Ni ubukwe bwabaye kuri iki Cyumweru tariki 26 Nzeri mu mujyi wa Kigali, bukaa bwitabiriwe...

Uburanga, Ikimero n’inseko byabo byarangaje benshi…Indobanure y’amafoto yatitije ImbugaNkoranyambaga Uburanga, Ikimero n’inseko byabo byarangaje benshi…Indobanure y’amafoto yatitije ImbugaNkoranyambaga

Bamwe ni abasanzwe bazwi cyane mu Rwanda barimo abitabiriye amarushanwa y’ubwiza azwi nka Miss...

Ntirwihishira : Ariel Wayz na Juno Kizigenza bakoze interview umwe yicaye ku wundi (AMAFOTO) Ntirwihishira : Ariel Wayz na Juno Kizigenza bakoze interview umwe yicaye ku wundi (AMAFOTO)

Aba bahanzi batajya berura iby’urukundo rwabo, basanzwe banafitanye indirimbo bise Away iri mu...

Impamvu zatumye bagisiba ntizibareba-Uwashushanyije igishushanyo cya Jay Polly yakamejeje ngo arashyirwa gisubiyeho Impamvu zatumye bagisiba ntizibareba-Uwashushanyije igishushanyo cya Jay Polly yakamejeje ngo arashyirwa gisubiyeho

Uyu munyabugenzi uvuga ko atariyumvisha uko kiriya gihangano cye yari yatuye nyakwigendera Jay...

Meddy araka igikombe Diamond bahuriye mu cyiciro cy’Umuhanzi wa mbere muri EAC ? Meddy araka igikombe Diamond bahuriye mu cyiciro cy’Umuhanzi wa mbere muri EAC ?

Iki gihembo cy’umuhanzi w’umugabo ukomeye muri Africa y’Iburasirazuba, gisanzwe gifitwe na Diamond...

Ubuyobozi bwasibishije ifoto ya Jay Polly yari yashushanyijwe ku muhanda…Umva impamvu

Ni igishushanyo cyari cyatumye Jay Polly yitirirwa uriya muhanda aho cyagaragariraga buri wese...

Meddy yasohoye indi ndirimbo yakoreye umugore we irimo impurirane y’Imico y’iwabo bombi

Ni indirimbo ibaye iya kabiri ahimbiye umugore we Mimi Mehfira baherutse gusezerana aho mu...

Biravugwa ko Bruce Melodie yatumije imodoka igura Miliyoni 700Frw igendwamo na C.Ronaldo

Aya makuru avuzwe nyuma y’igihe gito asinye amasezerano ya Miliyari 1 Frw yo kwamamaza Kompanyi...

Umusekirite yitabaje Inzego z’umutekano ngo zifate King James avuga ko yamutekeye umutwe akamurya 500.000Frw

Ibi byabaye ku wa Gatanu tariki 17 Nzeri 2021 ubwo yari agiye kuri Bank imwe ikorera mu mujyi...

Mister Africa yigeze kwegukanwa na Jay Rwanda yatwaye n’Umunya-Angola ariko Umunyarwanda ntiyaviramo aho

Ni irushanwa ryari rimaze iminsi ribera i Abidjan muri Cote d’Ivoire aho u Rwanda rwari...

Byamenyekanye ko ubuheta bwa Mukarujanga yabubyaranye n’umusore w’umuhanzi ukiri muto

Hari hamaze iminsi havugwa amakuru yo kwibaruka kwa Mukarujanga aho byavuzwe ko yibarutse...

Knowless yasohoye indirimbo igaragaramo umusore w’Igitangaza w’Umwarabu

Amashusho y’iyi ndirimbo ya Butera Jeanne d’Arc uzwi nka Knowless, yafatiwe Dubai ubwo aherukayo....

Mu mashusho Meddy yatangiye kubara inkuru y’uruhererekane y’urukundo rwe n’umugore aherutse kurongora Mu mashusho Meddy yatangiye kubara inkuru y’uruhererekane y’urukundo rwe n’umugore aherutse kurongora

Muri iyi nkuru ya Meddy na Mimi bise M&M Love Story, izajya itambuka mu mashusho aho agace...

AMAFOTO : Irebere uburanga n’ikimero ndyoherajisho by’umukobwa uri mu rukundo na David Bayingana AMAFOTO : Irebere uburanga n’ikimero ndyoherajisho by’umukobwa uri mu rukundo na David Bayingana

Ikinyamakuru Isimbi cyemeza ko uriya mukobwa Ashante Lydie cyangwa Queen Lydie wakundanyeho...

Ni nka Film : Umunyarwenya ukoresha Igipupe yahishuye ko umukobwa yatereye ivi bagiye batandukana kenshi bagasubirana

Uyu musore usanzwe ari Umunyamakuru ku Isango Radio&TV, yamamaye cyane mu rwenya aho...

AMAFOTO : Ibyamamare nyarwanda byahuriye mu birori bidasanzwe i Kigali AMAFOTO : Ibyamamare nyarwanda byahuriye mu birori bidasanzwe i Kigali

Ni ibirori byabaye kuri iki Cyumweru tariki 12 Nzeri 2021 mu cyumba kigari cya Canal Olympia...

VIDEO : Hahishuwe ko Jay Polly yari agiye gushinga Radio, kubaka inzu nziza ifite na Piscine,... VIDEO : Hahishuwe ko Jay Polly yari agiye gushinga Radio, kubaka inzu nziza ifite na Piscine,...

Ni umuhango wabaye ku wa Gatandatu tariki 11 Nzeri 2021 wabimburiwe no gushyira indabo ku mva...

Nyuma y’amezi 2 umuryango wa Tom Close wahishuye ko bibarutse umwana wa gatanu Nyuma y’amezi 2 umuryango wa Tom Close wahishuye ko bibarutse umwana wa gatanu

Ange Tricia yabitangaje mu butumwa yanyujije kuri Instagram aho yashyizeho ifoto imugaragaza...

Sonia Mugabo uzwi mu by’Imideri yambitswe impeta n’Umushoramari Diego wakijijwe n’urusenda Sonia Mugabo uzwi mu by’Imideri yambitswe impeta n’Umushoramari Diego wakijijwe n’urusenda

Uyu rwiyemezamirimo ukiri muto Twahirwa Diego ujya atumirwa mu biganiro by’urubyiruko byo...

Mwamikazi wanjye, wangize uw’igitangaza-Amarangamutima ya Miss Bahati n’uwo baherutse kurushingana Mwamikazi wanjye, wangize uw’igitangaza-Amarangamutima ya Miss Bahati n’uwo baherutse kurushingana

Impera z’icyumweru gishize zasize Bahati Grace wegukanye ikamba rya Miss Rwanda rya 2009 na...

Umuhanzi Tom Close yujuje inzu iteye amabengeza i Nyamata

Uyu muhanzi usanzwe ari n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cyo gutanga amaraso, arahirirwa na...

MC Murenzi wamamaye kuri Contact FM yibarutse imfura nyuma y’imyaka 3 arongoye MC Murenzi wamamaye kuri Contact FM yibarutse imfura nyuma y’imyaka 3 arongoye

MC Murenzi cyangwa MC Nzi, we n’umufasha we Aline Rudakenga basezeranye kubana n’umugore...

IGURIRE
Reba Ibindi Byinshi
IBARUWA ZA JORIJI
URUKUNDO
INKURU ZIKUNZWE
English
Ibitekerezo
IZINDI NKURU WASOMA