Nibyo rwose ahubwo igihe rura iheruka guhana mtn mu gusumbanya aba kiliya nagize ngo irahita ikuraho ubusumbane bwa supa pake..bakosore rwose kuko ntibidushimisha iyi supa paki bazitumbagije aka kagene
Hhahah, reka jye njye nisekera !! Ntacyo bintwaye naguze akandi ko guhamagaza hanyuma iyindi ntira 5000 kandi nzabibambura.
Bakomereze aho ariko ndabagaya cyane
Mbina harimo imibare mike mubyo bakora barangoye gusa ntunga phone 2. None se nomero zose bazishyize kuri supapaka zimwe umuntu azajye atoranya iyo agura akurikije ubushobozi bwe ! Naho rwose ntacyo bimaze nubundi iyo nomero yindi nyitunze nyitabiraho gusa. Mwe kutugora. Nomero yanjye ya kera iyo ngiye kugura bahera kuri 800 naho indi bagahera kuri 50 ngatoranya iyo nkeneye. Mwisubireho rwose. Igishekeje nuko nabakozi babo ariko disi bimeze. Yabababa
Mbina harimo imibare mike mubyo bakora barangoye gusa ntunga phone 2. None se nomero zose bazishyize kuri supapaka zimwe umuntu azajye atoranya iyo agura akurikije ubushobozi bwe ! Naho rwose ntacyo bimaze nubundi iyo nomero yindi nyitunze nyitabiraho gusa. Mwe kutugora. Nomero yanjye ya kera iyo ngiye kugura bahera kuri 800 naho indi bagahera kuri 50 ngatoranya iyo nkeneye. Mwisubireho rwose. Igishekeje nuko nabakozi babo ariko disi bimeze. Yabababa
nukuri ibyo joriji abaza bifite ishingiro
urabona ngewe ibyo byo kunkandamiza nabivuyeho ubu nsigaye nkoresha telefoni yonyine kandi mba ntakibazo